Perezida Doumbouya Mu Ndege Aza Mu Rwanda

Staff Write
0 Min Read

Hashize iminota mike Perezida wa Guinea yuriye indege aza mu Rwanda.

Ni uruzinduko rugamije ubucuti n’ubuhahirane hagati y’u Rwanda na Guinea.

Aje mu Rwanda nyuma y’uko mugenzi we Paul Kagame nawe asuye iki gihugu mu mwaka wa 2023.

Arazana n’umugore we

Yabanje gusezera ku ngabo ze n’abagize Guverinoma
Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *