Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Tshisekedi Yabazwe Umutima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Tshisekedi Yabazwe Umutima

Last updated: 10 March 2022 5:03 pm
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yabazwe umutima ndetse icyo gikorwa kigenda neza mu bitaro by’i Bruxelles mu Bubiligi.

Ikinyamakuru La Libre cyatangaje ko yabazwe ku wa Kabiri tariki 8 Werurwe.

Umwe mu batu ba hafi ba Tshisekedi yatangaje ko magingo aya uyu mukuru w’igihugu ameze neza.

Nyamara ngo ubwo yahagurukaga i Kinshasa ku Cyumweru yari ameze nabi.

Hari amakuru ko atari ubwa mbere Tshisekedi avuwe uburwayi bw’umutima, kuko yabugize na mbere y’amatora yabaye mu 2018.

Icyo gihe ngo abaganga batanze inama ko yabagwa, ariko habaho impungenge ku gihe byafata ngo akire, ariko kuri iyi nshuro ngo kubagwa byari nta kabuza.

Bitegaywa ko agomba kumara iminsi mike mu bitaro, aho ashobora gukomereza urugendo i Dubaï mu misi mike y’ikiruhuko.

TAGGED:featuredTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igitero Simusiga Cyo Gufata Umurwa Mukuru Wa Ukraine Cyagabwe
Next Article Intumwa Ya Perezida Wa Benin Yazaniye Perezida Kagame Ubutumwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Ingabo Zirenga 2,000 Za DRC n’Aba Wazalendo Zamaze Kugera Mu Burundi

Ibya Rayon Sports Bikomeje Kuyoberana Nyuma Yo Gutsindwa Na Bugesera FC

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Australia: Abantu 12 Biciwe Mu Gitero Cyagabwe Ku Bari Bitabiriye Umunsi W’Abayahudi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Kwinjira Muri Amerika Bigiye Kugora Abakoresheje Imbuga Nkoranyambaga Uko Itabishaka

Tanzania: Abaturage Bategetswe Kuguma Mu Rugo

Abanyamahanga Benshi Bafungiwe Mu Rwanda Ni Abo Muri EAC

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

You Might Also Like

Mu mahanga

U Burundi Bwamaze Kwegeranya Ingabo Ku Mupaka Busangiye N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC:Abarwanyi Ba Twirwaneho Na AFC/M23 Bafashe Ahitwa Kipupu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Mu Mafoto: Uko Jeannette Kagame Yahaye Abana Noheli

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Urubyiruko Rw’u Rwanda Rurasabwa Kuba Abahamya B’Indangagaciro Zarwo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?