Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Tshisekedi Yabazwe Umutima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Tshisekedi Yabazwe Umutima

admin
Last updated: 10 March 2022 5:03 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yabazwe umutima ndetse icyo gikorwa kigenda neza mu bitaro by’i Bruxelles mu Bubiligi.

Ikinyamakuru La Libre cyatangaje ko yabazwe ku wa Kabiri tariki 8 Werurwe.

Umwe mu batu ba hafi ba Tshisekedi yatangaje ko magingo aya uyu mukuru w’igihugu ameze neza.

Nyamara ngo ubwo yahagurukaga i Kinshasa ku Cyumweru yari ameze nabi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari amakuru ko atari ubwa mbere Tshisekedi avuwe uburwayi bw’umutima, kuko yabugize na mbere y’amatora yabaye mu 2018.

Icyo gihe ngo abaganga batanze inama ko yabagwa, ariko habaho impungenge ku gihe byafata ngo akire, ariko kuri iyi nshuro ngo kubagwa byari nta kabuza.

Bitegaywa ko agomba kumara iminsi mike mu bitaro, aho ashobora gukomereza urugendo i Dubaï mu misi mike y’ikiruhuko.

TAGGED:featuredTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igitero Simusiga Cyo Gufata Umurwa Mukuru Wa Ukraine Cyagabwe
Next Article Intumwa Ya Perezida Wa Benin Yazaniye Perezida Kagame Ubutumwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?