Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Idriss Déby Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Idriss Déby Yishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2021 4:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta ya Tchad yemeje ko Perezida Marshal Idriss Déby Itno yapfuye, nyuma y’ibikomere yagiriye mu mirwano irimo kuba muri icyo gihugu.

Apfuye nyuma y’iminsi ibiri byemejwe ko yatorewe gukomeza kuyobora Tchad, muri manda ya gatandatu.

Muri icyo gihugu harimo kuba imirwano yahereye mu majyaruguru mu gace ka Kanem, yashojwe n’abarwanyi ba Front pour l’alternance et la concorde au Tchad (FACT), bahanganye n’ingabo za leta.

Ntabwo haramenyekana impamvu yafashe icyemezo cyo kujya ku rugamba kugeza arasiweyo, agakomereka bikomeye.

Umuvugizi w’Ingabo za Tchad,  Général Azem Bermandoa Agouna, yemeje uru rupfu mu ijambo yavugiye kuri Télé Tchad kuri uyu wa 20 Mata.

Ati “Idriss Déby Itno yitabye Imana arengera ubusugire bw’igihugu ku rugamba.”

Yahise atangaza ko Guverinoma isheshwe hamwe n’inteko ishinga amategeko, hakaza gushyiraho inzibacyuho.

Izayoborwa n’inama nkuru ya gisirikare mu mezi 18, ubu iyobowe na Mahamat Idriss Déby, umuhungu wa Perezida Déby. Ni général mu ngabo za Tchad, amaze igihe ayobora inzego z’iperereza.

Idriss Déby wari ufite imyaka 68, yayoboraga Tchad kuva mu 1990.

TAGGED:featuredIdriss Déby
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutegetsi Bwitwaje COVID-19 Bubangamira Itangazamakuru
Next Article Perezida Kagame Yitabiriye Inama ya ICGLR Muri Angola
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?