Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Agiye Guhabwa Impamyabumenyi Y’Ikirenga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Agiye Guhabwa Impamyabumenyi Y’Ikirenga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Koreya y’Epfo aho Perezida Paul Kagame ari mu Nama Mpuzamahanga y’ibihugu by’Afurika n’iki gihugu, azahahererwa impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro mu by’ubuyobozi rusange bita Public Policy and Management.

Azayihabwa n’ubuyobozi bw’imwe muri Kaminuza za kera kandi zikomeye kurusha izindi muri iki gihugu yitwa Yonsei University of South Korea.

Perezida wa 20 w’iyi Kaminuza yitwa Dong-Sup Yoon, akaba ayabora Kaminuza yashinzwe mu mwaka wa 1885.

Mu Mateka y’u Rwanda uyu niwo mwaka umwami waguye u Rwanda kurusha abandi Kigeli IV Rwabugiri yatangiyemo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kaminuza ya Yonsei ifite ibigo 178 by’ubushakashatsi biyishamikiyeho.

Hagati aho Perezida Kagame yahuye na mugenzi uyobora Koreya y’Epfo witwa Yoon Suk Yeol.

Ibiganiro byabo byibanze ku mikoranire hagati ya Kigali na Seoul mu bice bitandukanye by’amajyambere birimo ikoranabuhanga, uburezi, ubuzima iterambere ry’ibikorwaremezo n’ibindi.

This morning in Seoul, President Kagame was received by President Yoon Suk Yeol of the Republic of Korea @President_KR. They discussed ways to foster stronger bilateral relations and cooperation in various sectors. pic.twitter.com/yxIY6lnEnG

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 3, 2024

TAGGED:featuredIkirengaImpamyabumenyiKagameKaminuza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Umusaza Akurikiranyweho Gusambanya Umwana W’Umuhungu
Next Article Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga W’Uburusiya Ari Muri Guinea
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?