Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Agiye Guhabwa Impamyabumenyi Y’Ikirenga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Agiye Guhabwa Impamyabumenyi Y’Ikirenga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Koreya y’Epfo aho Perezida Paul Kagame ari mu Nama Mpuzamahanga y’ibihugu by’Afurika n’iki gihugu, azahahererwa impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro mu by’ubuyobozi rusange bita Public Policy and Management.

Azayihabwa n’ubuyobozi bw’imwe muri Kaminuza za kera kandi zikomeye kurusha izindi muri iki gihugu yitwa Yonsei University of South Korea.

Perezida wa 20 w’iyi Kaminuza yitwa Dong-Sup Yoon, akaba ayabora Kaminuza yashinzwe mu mwaka wa 1885.

Mu Mateka y’u Rwanda uyu niwo mwaka umwami waguye u Rwanda kurusha abandi Kigeli IV Rwabugiri yatangiyemo.

Kaminuza ya Yonsei ifite ibigo 178 by’ubushakashatsi biyishamikiyeho.

Hagati aho Perezida Kagame yahuye na mugenzi uyobora Koreya y’Epfo witwa Yoon Suk Yeol.

Ibiganiro byabo byibanze ku mikoranire hagati ya Kigali na Seoul mu bice bitandukanye by’amajyambere birimo ikoranabuhanga, uburezi, ubuzima iterambere ry’ibikorwaremezo n’ibindi.

This morning in Seoul, President Kagame was received by President Yoon Suk Yeol of the Republic of Korea @President_KR. They discussed ways to foster stronger bilateral relations and cooperation in various sectors. pic.twitter.com/yxIY6lnEnG

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 3, 2024

TAGGED:featuredIkirengaImpamyabumenyiKagameKaminuza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Umusaza Akurikiranyweho Gusambanya Umwana W’Umuhungu
Next Article Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga W’Uburusiya Ari Muri Guinea
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?