Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Ari i Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Kagame Ari i Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2023 12:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kwitabira idasanzwe yatumijwe na mugenzi uyobora u Burundi, Perezida Kagame yageze i Bujumbura. Hari hashize ‘igihe kirekire’ atahagera.

Perezida w’u Rwanda yagiye i Burundi kwitabira inama yatumijwe na Evarsite Ndayishimiye ngo yige aho kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa DRC bigeze.

President Kagame has arrived in Bujumbura where he will attend the 20th Extra-Ordinary Summit of East African Community Heads of State, chaired by President Evariste Ndayishimiye @GeneralNeva. pic.twitter.com/hTcllc9rY8

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) February 4, 2023

Ni inama ari buhuriremo na bagenzi be harimo uyobora Tanzania, Uganda, Kenya ndetse n’uwa DRC, Felix Tshisekedi naramuka ahisemo kuyitabira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Irabera i Bujumbura ihuze Abakuru b’ibihugu bya EAC ukuyemo Sudani y’Epfo kubera ko muri iki gihe ifite umushyitsi ukomeye, ari we Papa Francis.

Iyi nama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu by’Akarere iriga ku bibazo biri muri Congo.

Ni inama ya 20  IDASANZWE.

Harigirwamo uko umutekano wifashe mu Karere ariko birashoboka cyane ko DRC iri bubazwe impamvu iherutse kwirukaba abasirikare batatu bakuru b’u Rwanda babaga mu mutwe w’Akarere wo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC witwa EAC Force.

Umunyamabanga mukuru w’uyu muryango Dr. Peter Mathuki yandikiye DRC ibaruwa ayisaba gutanga ibisobanuro byumvikana kandi bitanzwe vuba ku cyayiteye kwirukana bariya basirikare kandi bari mu mutwe bwashyizweho ku cyemezo cy’Abakuru b’ibihugu bari bateraniye i Sharm El Sheikh mu Misiri.

- Advertisement -

Ni inama iteranye mu gihe imirwano ica ibintu hagati y’ingabo za Leta ya Congo n’umutwe wa M23.

Nta gihe kinini gishize yubuye ndetse abarwanyi ba M23 bahise bisubiza ibice bimwe bari baravuyemo bongeraho n’ibindi batari barafashe mbere.

Ubu bafahse ibice bya Kilolirwe kandi barasatira inkengero z’umujyi wa Sake muri Masisi.

TAGGED:AbakuruBurundiDRCfeaturedInamaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Robert Bafakulera Wayoboraga PSF Yeguye
Next Article Kigali: Abakozi Ba Hoteli Bibye Umukiliya $6,800
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?