Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Aributsa Abayobozi Ko Umugambi Ari Umwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Aributsa Abayobozi Ko Umugambi Ari Umwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2023 2:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse gushyirwa mu nshingano mu nzego z’umutekano w’u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko ibyo bakora byose n’urwego baba bakoramo urwo ari rwo rwose, ko umugambi ari umwe, uwo ukaba uwo guteza u Rwanda imbere.

Yabibukije ko atari bashya mu nshingano, ko icyakozwe ari ukubaha izindi, bityo ko bagomba gukomeza kuzikora neza.

Ati: “Umugambi ni umwe; ni ugukorera igihugu cyacu kandi mu nzego buri wese arimo”.

Kagame yababwiye ko wese agomba gukora imirimo neza, kandi akabikora yumva uburemere bwayo kuko byose bikorwa mu nyungu z’Abanyarwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku rundi ruhande, Perezida Kagame yavuze ko ubufatanye bw’inzego ari ngombwa kugira ngo ibigambiriwe bigerweho, inzego zuzuzanyije.

Abarahiye ni Minisitiri w’ingabo Major General Juvénal Marizamunda, Umugaba w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga, umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka Major General Vincent Nyakarundi na Komiseri mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’igorora Brigadier General Evariste Murenzi.

TAGGED:featuredIndahiroKagameMugangaMurizamundaNyakarundiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Gatagara Hari Kwagurwa Umuhanda Uzafasha Abagendera Ku Magare Y’Abamugaye
Next Article Umujyi Wa Kigali: Kicukiro Ni Yo Ifite Abaturage Banyuzwe Kurusha Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?