Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Asanga EAC Ikwiye Kwihaza Ku Mari Yo Gushora Mu Mishinga Yayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Asanga EAC Ikwiye Kwihaza Ku Mari Yo Gushora Mu Mishinga Yayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2022 7:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Perezida Kagame yavuze ko kuba uyu muryango udafite imari yawo wigengaho kandi ihagije, bikoma mu nkokora imishinga wihaye.

Avuga ko ibihugu bigize uyu Muryango bikeneye amafaranga ahagije kugira ngo bishobore gushyira mu bikorwa imishinga yabyo  bitabaye ngombwa ko bitegereza amafaranga y’abandi.

Ku rundi ruhande, Umukuru w’u Rwanda avuga ko ari ngomba ko n’amafaranga make ahari, ashorwa aho yagenewe, ntatagaguzwe.

Yagarutse no ku kibazo cy’uko imbogamizi ziterwa n’uko urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba rutaratungana.

Ngo biterwa n’uko hari ibitaratungana muri za gasutamo kandi bigira ingaruka ku bucuruzi muri rusange.

Perezida Kagame avuga ko kugira ngo ibintu bitarajya mu buryo mu byo ibihugu bigize aka karere byeremeranyijweho bizagerweho, ngo ni ngombwa ko habaho ubushake bwa Politiki kandi ibyemeranyijweho bigashyirwa mu bikorwa.

Iyo arebye imbere, Perezida Kagame asanga hatazabura ibibazo, ariko ko muri ibyo bibazo hatazabura ibisubizo bivamo.

Abadepite ba EAC bamaze igihe mu Rwanda mu rwego rwo kuhateranira nk’uko bisanzwe bigenwa n’imikorere y’iriya nteko kuko buri gihugu[igihe bishoboka] kiba kigomba kwakira inama

Ibi kandi ngo bigira ingaruka ku bucuruzi.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko ejo hazaza hazazana n’ibibazo by’aho ariko ngo ibyo bibazo ntibizabura no gutanga amahirwe y’ikindi cyangwa ibindi byakorwa ngo imibereho y’abatuye Afurika muri rusange n’abatuye u Rwanda by’umwihariko ibe myiza.

Abahagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo ntibitabiriye imirimo y’iyi nama kubera ko, nk’uko Perezida wa EALA Hon Martin Ngoga yabitangaje, Inteko ya DRC ntiragena abayihagararira muri EALA.

Indi nkuru bifitanye isano wasoma:

Kutishyura Umusanzu Mu Ngengo Y’Imari Ya EAC Byabaye Amateka- Hon Martin Ngoga

TAGGED:EACEALAfeaturedImariKagameNgogaUmusanzu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibigo 51 Byasabye RDB Kubikura Ku Rutonde Rw’Ibikora Ubucuruzi
Next Article DRC: Abaturage Batwitse Imodoka Za MONUSCO
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?