Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakoranyije Inama Ngishwanama Ye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yakoranyije Inama Ngishwanama Ye

admin
Last updated: 17 August 2021 5:15 pm
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’Inama Ngishwanama ya Perezida (Presidential Advisory Council, PAC), yibanze ku ngingo zirimo icyorezo cya COVID-19 gikomeje kugira ingaruka ku buzima bw’abantu n’ubw’igihugu.

Ni inama ubundi yajyaga iba muri Mata na Nzeri buri mwaka.

Yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, ihuriza hamwe “impuguke zo mu Rwanda no mu mahanga, zigira inama Perezida na Guverinoma” nk’uko ibiro by’Umukuru w’igihugu byabitangaje.

Bamwe mu bitabiriye iyo nama barimo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo, Pasiteri Rick Warren, Umunyamerika Michael Fairbanks uri mu bajyanama ba Perezida Kagame guhera mu 2001, Kaia Miller, Ashish Takkar nyiri Mara Phones, Joseph Ritchie wayoboye RDB n’abandi.

Mu bayobozi bo mu Rwanda bitabiriye iyi nama harimo ba Minisitiri Dr Daniel Ngamije, Gatete Claver, Vincent Biruta na Beata Habyarimana, Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa, Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz, Francis Gatare na Musenyeri John Rucyahana uyobora Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge.

Mu nama yabereye i New York mu 2019, Perezida Kagame yashimiye abagize iyi Nama Ngishwanama bagumye ku Rwanda no mu bihe amahanga yari akomeje kurutega iminsi. Yavuze ko umuhate wabo atari impfabusa.

Ati “Ntabwo turagera aho dushaka kugera nk’uko twese tubizi, ariko hari intambwe twateye. Ndabizi ko benshi muri mwe musura igihugu cyacu ntimugume muri Kigali gusa, musura n’ibyaro mukaganira n’abaturage mureba aho inkunga yanyu igejeje igihugu.”

Yabashimiye ku musanzu batanze mu gutuma izina ry’u Rwanda rikomera imbere mu gihugu no mu mahanga.

Inama Ngishwanama ya Perezida yatangiye ku wa 26 Nzeri 2007.

Inama ya mbere yabereye i New York, ubwo Perezida Kagame yari yitabiriye Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye na Clinton Global Initiative.

Iyi nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga
TAGGED:featuredJohn RucyahanaPaul KagamePresidential Advisory CouncilRick Warren
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yahaye u Rwanda Inkingo Ibihumbi 490 Za Pfizer
Next Article Ubuhemu Bwa Bamwe Mu Banyarwanda Baba Muri Leta Yiyunze Y’Abarabu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?