Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakoreye Isabukuru Ye Y’Amavuko Muri Samoa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yakoreye Isabukuru Ye Y’Amavuko Muri Samoa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2024 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kagame yizihirije umunsi we w'amavuko mu birwa bya Samoa
SHARE

Paul Kagame yizihirije umunsi we w’amavuko aho ari mu birwa bya Samoa. Yagiye yo yitabiriye Inama ya CHOGM, Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza akaba ari nawe ubiyoboye mu myaka ibiri.

Perezida Paul Kagame yavutse taliki 23, Ukwakira, 1957, ubu akaba yujuje imyaka 67 y’amavuko.

Mu birwa bya Samoa aho yagiriye isabukuru ye y’amavuko, Perezida Kagame yakorewe ibirori na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Amb Olivier Nduhungirehe, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza no mu birwa bya Samoa Amb Johnston Busingye, Umuyobozi wa RDB Francis Gatare, Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Gasore Jimmy n’abandi.

Happy birthday to President Kagame, island style! pic.twitter.com/qNzBBjul3d

— Olivier J.P. Nduhungirehe (@onduhungirehe) October 23, 2024

TAGGED:IsabukuruKagameNduhungireheSamoa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RAB Siyo Ikwiye Kugena Umubare W’Inkoko Umuturage Azorora
Next Article Amerika Yabwiye Israel Kudahirahira Ngo Irwane Na Iran
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?