Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakoreye Isabukuru Ye Y’Amavuko Muri Samoa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yakoreye Isabukuru Ye Y’Amavuko Muri Samoa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2024 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kagame yizihirije umunsi we w'amavuko mu birwa bya Samoa
SHARE

Paul Kagame yizihirije umunsi we w’amavuko aho ari mu birwa bya Samoa. Yagiye yo yitabiriye Inama ya CHOGM, Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza akaba ari nawe ubiyoboye mu myaka ibiri.

Perezida Paul Kagame yavutse taliki 23, Ukwakira, 1957, ubu akaba yujuje imyaka 67 y’amavuko.

Mu birwa bya Samoa aho yagiriye isabukuru ye y’amavuko, Perezida Kagame yakorewe ibirori na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Amb Olivier Nduhungirehe, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza no mu birwa bya Samoa Amb Johnston Busingye, Umuyobozi wa RDB Francis Gatare, Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Gasore Jimmy n’abandi.

Happy birthday to President Kagame, island style! pic.twitter.com/qNzBBjul3d

— Olivier J.P. Nduhungirehe (@onduhungirehe) October 23, 2024

TAGGED:IsabukuruKagameNduhungireheSamoa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RAB Siyo Ikwiye Kugena Umubare W’Inkoko Umuturage Azorora
Next Article Amerika Yabwiye Israel Kudahirahira Ngo Irwane Na Iran
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?