Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yambitse Umuyobozi Wa ITU Umudari W’Indashyikirwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yambitse Umuyobozi Wa ITU Umudari W’Indashyikirwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2022 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yambitse Bwana Houlin Zhao umudali w’ubucuti afitanye n’u Rwanda. Ni umudali wiswe Agaciro uhabwa umuyobozi w’Ikigo  cyangwa umuryango mpuzamahanga wataragarije u Rwanda ubucuti n’ubufatanye buzira amakemwa.

Si mu Rwanda gusa uwuhabwa agomba kuba yarerekaniye ko ari umuntu w’umutima, ahubwo n’ahandi mu mahanga naho ni uko.

Today at Urugwiro Village, President Kagame awarded @ITU Secretary-General Houlin Zhao the National Order of Honour, Agaciro, recognizing his distinguished service as the leader of ITU during a very consequential period for the globalization of telecommunications technology. pic.twitter.com/uU5LBY41ip

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 14, 2022

Perezida Kagame yambitse Houlin Zhao uriya mudali amushimira ko yakoreye kandi agikorera ibyiza umuryango mpuzamahanga wo guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho.

Zhao nawe yari aherutse guha Perezida Kagame impano yo kumushimira uruhare rwe mu guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho haba mu Rwanda ndetse no guharanira ko rikwira n’ahandi ku isi.

TAGGED:featuredKagameRwandaZhao
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Y’u Rwanda Y’Amagare Yatahanye Intsinzi Yakirizwa Indabo
Next Article Rusizi: Mu Bana 28 Baciwe Ikirimi, Batatu Barapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?