Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yambitse Umuyobozi Wa ITU Umudari W’Indashyikirwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yambitse Umuyobozi Wa ITU Umudari W’Indashyikirwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2022 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yambitse Bwana Houlin Zhao umudali w’ubucuti afitanye n’u Rwanda. Ni umudali wiswe Agaciro uhabwa umuyobozi w’Ikigo  cyangwa umuryango mpuzamahanga wataragarije u Rwanda ubucuti n’ubufatanye buzira amakemwa.

Si mu Rwanda gusa uwuhabwa agomba kuba yarerekaniye ko ari umuntu w’umutima, ahubwo n’ahandi mu mahanga naho ni uko.

Today at Urugwiro Village, President Kagame awarded @ITU Secretary-General Houlin Zhao the National Order of Honour, Agaciro, recognizing his distinguished service as the leader of ITU during a very consequential period for the globalization of telecommunications technology. pic.twitter.com/uU5LBY41ip

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 14, 2022

Perezida Kagame yambitse Houlin Zhao uriya mudali amushimira ko yakoreye kandi agikorera ibyiza umuryango mpuzamahanga wo guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Zhao nawe yari aherutse guha Perezida Kagame impano yo kumushimira uruhare rwe mu guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho haba mu Rwanda ndetse no guharanira ko rikwira n’ahandi ku isi.

TAGGED:featuredKagameRwandaZhao
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Y’u Rwanda Y’Amagare Yatahanye Intsinzi Yakirizwa Indabo
Next Article Rusizi: Mu Bana 28 Baciwe Ikirimi, Batatu Barapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?