Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yambitse Umuyobozi Wa ITU Umudari W’Indashyikirwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yambitse Umuyobozi Wa ITU Umudari W’Indashyikirwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2022 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yambitse Bwana Houlin Zhao umudali w’ubucuti afitanye n’u Rwanda. Ni umudali wiswe Agaciro uhabwa umuyobozi w’Ikigo  cyangwa umuryango mpuzamahanga wataragarije u Rwanda ubucuti n’ubufatanye buzira amakemwa.

Si mu Rwanda gusa uwuhabwa agomba kuba yarerekaniye ko ari umuntu w’umutima, ahubwo n’ahandi mu mahanga naho ni uko.

Today at Urugwiro Village, President Kagame awarded @ITU Secretary-General Houlin Zhao the National Order of Honour, Agaciro, recognizing his distinguished service as the leader of ITU during a very consequential period for the globalization of telecommunications technology. pic.twitter.com/uU5LBY41ip

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 14, 2022

Perezida Kagame yambitse Houlin Zhao uriya mudali amushimira ko yakoreye kandi agikorera ibyiza umuryango mpuzamahanga wo guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho.

Zhao nawe yari aherutse guha Perezida Kagame impano yo kumushimira uruhare rwe mu guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho haba mu Rwanda ndetse no guharanira ko rikwira n’ahandi ku isi.

TAGGED:featuredKagameRwandaZhao
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Y’u Rwanda Y’Amagare Yatahanye Intsinzi Yakirizwa Indabo
Next Article Rusizi: Mu Bana 28 Baciwe Ikirimi, Batatu Barapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?