Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yashimiye Erdogan Nyuma Y’Irahira Rye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Kagame Yashimiye Erdogan Nyuma Y’Irahira Rye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2023 2:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Ankara muri  Turikiya haraye habereye umuhango w’irahira rya Recep Tayyip Erdogan wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu. Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’ibihugu bitabiriye uyu muhango, bamushimira ko yongeye kugirirwa icyizere cyo kongera kuyobora iki gihugu cy’igihangange.

Erdogan niwe muyobozi wa Turikiya wamamaye kurusha benshi bamubanjirije. Ni umuyobozi ukunzwe mu baturage be k’uburyo n’abantu bigeze kugerageza kumuhirika abaturage babamaganiye kure.

Iki gihugu gisanganywe umubano mwiza n’u Rwanda.

Ni imikoranire iri mu nzego zitandukanye.

Gifite ibigo bikomeye mu by’ubwubatsi birimo n’ikitwa SUMMA kiri kubaka Stade Amahoro ndetse n’izindi nyubako.

Rwandair kandi ifitanye amasezerano y’imikoranire na Turkish Airways mu  bufatanye mu by’ubwikorezi bw’abantu n’ibintu bukoresha ikirere.

Mu minsi ishize iki gihugu cyagize ibyago gipfusha abantu babarirwa mu bihumbi kubera umutingito.

Icyo gihe u Rwanda rwihanganishije Turikiya kandi nayo iherutse kurufata mu mugongo nyuma y’uko rupfushije abantu 135 kubera ibiza.

Ibiza byagwiririye u Rwanda mu ntangiriro za Gicurasi, 2023 ubwo imvura nyinshi yatezaga inkangu n’imyuzure bikica benshi.

TAGGED:ErdoganfeaturedKagameKurahiraPerezidaTurikiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Ubuziranenge Bw’Ibiribwa Burakenewe Mu Kongera Abarusura
Next Article Gisimba Waramiye Imfubyi Nyinshi Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?