Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yashimiye Erdogan Nyuma Y’Irahira Rye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Kagame Yashimiye Erdogan Nyuma Y’Irahira Rye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2023 2:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Ankara muri  Turikiya haraye habereye umuhango w’irahira rya Recep Tayyip Erdogan wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu. Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’ibihugu bitabiriye uyu muhango, bamushimira ko yongeye kugirirwa icyizere cyo kongera kuyobora iki gihugu cy’igihangange.

Erdogan niwe muyobozi wa Turikiya wamamaye kurusha benshi bamubanjirije. Ni umuyobozi ukunzwe mu baturage be k’uburyo n’abantu bigeze kugerageza kumuhirika abaturage babamaganiye kure.

Iki gihugu gisanganywe umubano mwiza n’u Rwanda.

Ni imikoranire iri mu nzego zitandukanye.

Gifite ibigo bikomeye mu by’ubwubatsi birimo n’ikitwa SUMMA kiri kubaka Stade Amahoro ndetse n’izindi nyubako.

Rwandair kandi ifitanye amasezerano y’imikoranire na Turkish Airways mu  bufatanye mu by’ubwikorezi bw’abantu n’ibintu bukoresha ikirere.

Mu minsi ishize iki gihugu cyagize ibyago gipfusha abantu babarirwa mu bihumbi kubera umutingito.

Icyo gihe u Rwanda rwihanganishije Turikiya kandi nayo iherutse kurufata mu mugongo nyuma y’uko rupfushije abantu 135 kubera ibiza.

Ibiza byagwiririye u Rwanda mu ntangiriro za Gicurasi, 2023 ubwo imvura nyinshi yatezaga inkangu n’imyuzure bikica benshi.

TAGGED:ErdoganfeaturedKagameKurahiraPerezidaTurikiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Ubuziranenge Bw’Ibiribwa Burakenewe Mu Kongera Abarusura
Next Article Gisimba Waramiye Imfubyi Nyinshi Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?