Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abasirikare Bakuru Bane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abasirikare Bakuru Bane

Last updated: 18 June 2021 11:35 pm
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bane bagirwa ba Colonel, barimo Lt Col Jean Paul Nyirubutama wahise agirwa Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego Rushinzwe Iperereza n’umutekano w’Igihugu. Yungirije Maj Gen Joseph Nzabamwita.

Abandi basirikare bazamuwe mu ntera ni Lt Colonel Kalisa Callixte, Lt Col Francis Ngabo Sebicundanyi na Lt Col Ronald Rwivanga.

Ba Lt Col Nyirubutama, Kalisa na Ngabo bazamuwe mu ntera nyuma yo kurangiza amasomo mu bijyanye n’umutekano, mu ishuri rikuru rya gisirikare i Nyakinama mu Karere ka Musanze.

Ni umuhango uheruka kuyoborwa na Perezida Paul Kagame. Hasoje abofisiye bakuru 47.

Mu basoje amasomo, Lt Col Nyirubutama wabaye Umuyobozi wungirije wa RwandAir ni we waje ku mwanya wa mbere. Lt Col Ngabo yaje ku mwanya wa Kabiri.

Lt Col Ronald Rwivanga asanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, mu gihe Lt Col Kalisa akora muri Minisiteri y’Ingabo.

TAGGED:featuredLt Col NyirubutamaRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Gira So Yiturwa Indi,’ Ineza Bagiriwe Nabo Bayigirira Abandi
Next Article Ikinyejana Cya 21 Cyugarijwe N’Ibibazo-Min Gatabazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?