Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 December 2022 1:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere Taliki 12, Ukuboza, 2022, Perezida Kagame yageze i Geneva mu Busuwisi kwitabira Inama mpuzamahanga igamije ubufatanye mpuzamahanga burambye bise 2022 Effective Development Co-operation Summit.

Hagati aho kandi Perezida Kagame yakiriwe ku meza na Perezida Ignazio Cassis akaba ari we uyobora Leta ziyunze z’Ubusuwisi.

Ignazio Daniele Giovanni Cassis asanzwe ari umuganga, akaba yaratangiye kuyobora u Busuwisi  guhera Taliki 1, Mutarama, 2022.

Iyi nama yatangiye kuri uyu wa Mbere Taliki 12, izarangira Taliki 14, Ukuboza, 2022.

Perezida Kagame na mugenzi we uyobora u Busuwisi

Abitabiriye iyi nama  bazaganira uko imikoranire hagati y’ibihugu by’isi yakongerwamo imbaraga kugira ngo bifatanye kwivana mu ngaruka zatewe na COVID-19 n’ibindi bibazo isi ifite birimo n’ibikomoka ku mihindagurikire y’ikirere.

Izaba uburyo bwo gusasa inzobe, ibihugu biganire uko bimwe byakwigira ku bindi kugira, binyuze muri ubwo bufatanye, habeho kuzamurana.

Intego ni ukugira ngo gahunda ibihugu byihaye kuzageraho mu mwaka wa 2050 kuzamura, zizagerweho.

Ubusanzwe kugira ngo ingamba z’igihe kirekire zigerweho, ni ngombwa ko hashyirwaho ingamba z’igihe gito zishyize mu gaciro.

Isesengura rikozwe mu gihe cyagenwe niryo rigaragaza ibyagezweho n’ibitaragerwaho bityo hakarebwa icyakorwa ngo ibintu bigende nk’uko byagenwe.

 

TAGGED:BusuwisifeaturedKagameRwandaUbufatanye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Parti Libéral Yongeye Gutora Donatille Mukabalisa Ngo Ayiyobore
Next Article Mathias Harebamungu, Kayonga Caroline Rwivanga… Abanyarwanda batorewe Kujya Muri EALA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?