Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 December 2022 1:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere Taliki 12, Ukuboza, 2022, Perezida Kagame yageze i Geneva mu Busuwisi kwitabira Inama mpuzamahanga igamije ubufatanye mpuzamahanga burambye bise 2022 Effective Development Co-operation Summit.

Hagati aho kandi Perezida Kagame yakiriwe ku meza na Perezida Ignazio Cassis akaba ari we uyobora Leta ziyunze z’Ubusuwisi.

Ignazio Daniele Giovanni Cassis asanzwe ari umuganga, akaba yaratangiye kuyobora u Busuwisi  guhera Taliki 1, Mutarama, 2022.

Iyi nama yatangiye kuri uyu wa Mbere Taliki 12, izarangira Taliki 14, Ukuboza, 2022.

Perezida Kagame na mugenzi we uyobora u Busuwisi

Abitabiriye iyi nama  bazaganira uko imikoranire hagati y’ibihugu by’isi yakongerwamo imbaraga kugira ngo bifatanye kwivana mu ngaruka zatewe na COVID-19 n’ibindi bibazo isi ifite birimo n’ibikomoka ku mihindagurikire y’ikirere.

Izaba uburyo bwo gusasa inzobe, ibihugu biganire uko bimwe byakwigira ku bindi kugira, binyuze muri ubwo bufatanye, habeho kuzamurana.

Intego ni ukugira ngo gahunda ibihugu byihaye kuzageraho mu mwaka wa 2050 kuzamura, zizagerweho.

Ubusanzwe kugira ngo ingamba z’igihe kirekire zigerweho, ni ngombwa ko hashyirwaho ingamba z’igihe gito zishyize mu gaciro.

Isesengura rikozwe mu gihe cyagenwe niryo rigaragaza ibyagezweho n’ibitaragerwaho bityo hakarebwa icyakorwa ngo ibintu bigende nk’uko byagenwe.

 

TAGGED:BusuwisifeaturedKagameRwandaUbufatanye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Parti Libéral Yongeye Gutora Donatille Mukabalisa Ngo Ayiyobore
Next Article Mathias Harebamungu, Kayonga Caroline Rwivanga… Abanyarwanda batorewe Kujya Muri EALA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?