Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 December 2022 1:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere Taliki 12, Ukuboza, 2022, Perezida Kagame yageze i Geneva mu Busuwisi kwitabira Inama mpuzamahanga igamije ubufatanye mpuzamahanga burambye bise 2022 Effective Development Co-operation Summit.

Hagati aho kandi Perezida Kagame yakiriwe ku meza na Perezida Ignazio Cassis akaba ari we uyobora Leta ziyunze z’Ubusuwisi.

Ignazio Daniele Giovanni Cassis asanzwe ari umuganga, akaba yaratangiye kuyobora u Busuwisi  guhera Taliki 1, Mutarama, 2022.

Iyi nama yatangiye kuri uyu wa Mbere Taliki 12, izarangira Taliki 14, Ukuboza, 2022.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Perezida Kagame na mugenzi we uyobora u Busuwisi

Abitabiriye iyi nama  bazaganira uko imikoranire hagati y’ibihugu by’isi yakongerwamo imbaraga kugira ngo bifatanye kwivana mu ngaruka zatewe na COVID-19 n’ibindi bibazo isi ifite birimo n’ibikomoka ku mihindagurikire y’ikirere.

Izaba uburyo bwo gusasa inzobe, ibihugu biganire uko bimwe byakwigira ku bindi kugira, binyuze muri ubwo bufatanye, habeho kuzamurana.

Intego ni ukugira ngo gahunda ibihugu byihaye kuzageraho mu mwaka wa 2050 kuzamura, zizagerweho.

Ubusanzwe kugira ngo ingamba z’igihe kirekire zigerweho, ni ngombwa ko hashyirwaho ingamba z’igihe gito zishyize mu gaciro.

Isesengura rikozwe mu gihe cyagenwe niryo rigaragaza ibyagezweho n’ibitaragerwaho bityo hakarebwa icyakorwa ngo ibintu bigende nk’uko byagenwe.

- Advertisement -

 

TAGGED:BusuwisifeaturedKagameRwandaUbufatanye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Parti Libéral Yongeye Gutora Donatille Mukabalisa Ngo Ayiyobore
Next Article Mathias Harebamungu, Kayonga Caroline Rwivanga… Abanyarwanda batorewe Kujya Muri EALA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?