Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Tshisekedi

taarifa@media
Last updated: 20 January 2021 4:44 am
taarifa@media
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ubutumwa yahawe na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.

Ntawamenya ikibukubiyemo ariko Perezida Kagame na Tshisekedi babanye neza kandi Kagame niwe uyoboye EAC, kandi DRC imaze igihe yifuza kuba umunyamuryango wayo.

Kuva yayobora kiriya gihugu Perezida Tshisekedi yafatanyije n’u Rwanda gutuma umutekano ugaruka by’umwihariko mu gace ka DRC gaturanye n’u Rwanda.

N’ubwo kandi hari abaturage bigeze gusaba ko DRC yirukana uhagarariye u Rwanda muri kiriya gihugu Bwana Amb Vincent Karega, Perezida Tshisekedi yavuze ko kumwirukana atari byo byakemura ikibazo ahubwo ko habaye hari ibitagenda neza hagati y’ibihugu byombi habaho ibiganiro.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta i Kinshasa

Muri uyu mwaka kandi Tshisekedi niwe uri buyobore Afurika yuze ubumwe.

Perezida Tshisekedi

Perezida Kagame yigeze kubwira Jeune Afrique ko kuva Tshisekedi abaye Perezida wa DRC yabaniye neza n’u Rwanda kandi ko yizeye ko n’abandi bo mu Karere cyane cyane uw’u Burundi bazabanira neza u Rwanda.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article KIGALI: Ifungwa ry’amashuri rihangayikishije Abana || Bavugako biteguteye gusibira
Next Article Perezida wa Kiyovu ati: “ Abakozi bihuse batangaza ibyo tutemeranyijeho”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?