Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Tshisekedi

taarifa@media
Last updated: 20 January 2021 4:44 am
taarifa@media
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ubutumwa yahawe na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.

Ntawamenya ikibukubiyemo ariko Perezida Kagame na Tshisekedi babanye neza kandi Kagame niwe uyoboye EAC, kandi DRC imaze igihe yifuza kuba umunyamuryango wayo.

Kuva yayobora kiriya gihugu Perezida Tshisekedi yafatanyije n’u Rwanda gutuma umutekano ugaruka by’umwihariko mu gace ka DRC gaturanye n’u Rwanda.

N’ubwo kandi hari abaturage bigeze gusaba ko DRC yirukana uhagarariye u Rwanda muri kiriya gihugu Bwana Amb Vincent Karega, Perezida Tshisekedi yavuze ko kumwirukana atari byo byakemura ikibazo ahubwo ko habaye hari ibitagenda neza hagati y’ibihugu byombi habaho ibiganiro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta i Kinshasa

Muri uyu mwaka kandi Tshisekedi niwe uri buyobore Afurika yuze ubumwe.

Perezida Tshisekedi

Perezida Kagame yigeze kubwira Jeune Afrique ko kuva Tshisekedi abaye Perezida wa DRC yabaniye neza n’u Rwanda kandi ko yizeye ko n’abandi bo mu Karere cyane cyane uw’u Burundi bazabanira neza u Rwanda.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article KIGALI: Ifungwa ry’amashuri rihangayikishije Abana || Bavugako biteguteye gusibira
Next Article Perezida wa Kiyovu ati: “ Abakozi bihuse batangaza ibyo tutemeranyijeho”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?