Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Tshisekedi

taarifa@media
Last updated: 20 January 2021 4:44 am
taarifa@media
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ubutumwa yahawe na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.

Ntawamenya ikibukubiyemo ariko Perezida Kagame na Tshisekedi babanye neza kandi Kagame niwe uyoboye EAC, kandi DRC imaze igihe yifuza kuba umunyamuryango wayo.

Kuva yayobora kiriya gihugu Perezida Tshisekedi yafatanyije n’u Rwanda gutuma umutekano ugaruka by’umwihariko mu gace ka DRC gaturanye n’u Rwanda.

N’ubwo kandi hari abaturage bigeze gusaba ko DRC yirukana uhagarariye u Rwanda muri kiriya gihugu Bwana Amb Vincent Karega, Perezida Tshisekedi yavuze ko kumwirukana atari byo byakemura ikibazo ahubwo ko habaye hari ibitagenda neza hagati y’ibihugu byombi habaho ibiganiro.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta i Kinshasa

Muri uyu mwaka kandi Tshisekedi niwe uri buyobore Afurika yuze ubumwe.

Perezida Tshisekedi

Perezida Kagame yigeze kubwira Jeune Afrique ko kuva Tshisekedi abaye Perezida wa DRC yabaniye neza n’u Rwanda kandi ko yizeye ko n’abandi bo mu Karere cyane cyane uw’u Burundi bazabanira neza u Rwanda.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article KIGALI: Ifungwa ry’amashuri rihangayikishije Abana || Bavugako biteguteye gusibira
Next Article Perezida wa Kiyovu ati: “ Abakozi bihuse batangaza ibyo tutemeranyijeho”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?