Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yongeye Kwibutsa Abayobozi Akamaro Ko Gukorera Hamwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yongeye Kwibutsa Abayobozi Akamaro Ko Gukorera Hamwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2024 3:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse guhabwa inshingano snhya, Perezida Kagame yongeye kwibutsa abayobozi muri rusange ko gukorera hamwe ari byo bigeza abaturage ku mibereho myiza.

Iri jambo yarivuze nyuma yo kwakira indahiro ya Kadigwa Gashongore uherutse kuba Visi Perezida w’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi yarahiriye imbere ya Perezida wa Repubulika.

Kadigwa Gashongore uherutse kuba Visi Perezida w’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi

Undi warahiye ni Dr. Usengumukiza Félicien uherutse kugirwa Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB).

Dr. Usengumukiza Félicien

Perezida Kagame yabwiye abayobozi bakuru bari baje mu kwakira izo ndahiro ko indahiro atari umuhango ahubwo ari imvugo kigomba kugendana n’ingiro.

Ati: “ Kurahira bigendana n’iyo nshingano, ibigomba kugaragara ku bayobozi mu gihe buzuza izo nshingano bityo tukihuta mu nzira turimo bikagaragara buri wese”.

Yabasabye ko igihe cyose bazaba bari gushyira mu bikorwa izo nshingano, bagomba kurizikana ibikubiye muri iyo ndahiro.

Avuga ko kuba bari basanzwe mu nshingano bibaha uburyo bwo gukomereza aho, bakirinda gutatira icyo gihango barahiriye.

Ati: “ Aho muvuye n’aho mugiye ni umurimo umwe kuko mwari musanzwe mufite ibyo mukorera igihugu. Ni imyanya yahindutse ariko inshingano ni za zindi usibye ko hiyongereyo uburemere gusa”.

TAGGED:AbayobozifeaturedIndahiroIngiroKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rayon Sports Yatanze Ikirego Muri RIB
Next Article Somalia: Hoteli Ituranye N’Ibiro By’Umukuru W’Igihugu Byagabweho Igitero
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?