Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Macron Yakubitiwe Urushyi Mu Baturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Macron Yakubitiwe Urushyi Mu Baturage

Last updated: 08 June 2021 5:23 pm
Share
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi ku itama n’umugabo wamutunguye ubwo yagendaga asuhuza abantu, mu buryo bwatumye abashinzwe umutekano we bagwa mu kantu. 

Macron kuri uyu wa Kabiri yari mu ruzinduko mu majyepfo y’uburasirazuba bw’u Bufaransa, mu gace ka Tain-l’Hermitage.

Mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza abantu bari inyuma y’uruzitiro rwatumaga abantu bategera perezida, akagenda abasuhuza abahereza ukuboko.

Umugabo wambaye umupira yabanje gusuhuza Macron ubundi azamura urushyi n’ukundi kuboko ararumukubita. Yumvikana abanza kuvuga ngo ‘“A bas le macronisme!”. Abashinzwe umutekano wa Macron bahita bamufata, perezida bakamwigiza ku ruhande.

Ibinyamakuru byo mu Bufaransa byatangaje ko abantu babiri bamaze gutabwa muri yombi nyuma y’icyo gikorwa.

Nyuma Macron yongeye kwegera abaturage akomeza kugenda aganira nabo.

Perezida w’u Bufaransa arindwa n’umutwe wihariye witwa Groupe de sécurité de la présidence de la République, GSPR.

Washinzwe mu 1983. Bivugwa ko ugizwe n’abantu bagera muri 77 bashinzwe kurinda Macron mu bikorwa bitandukanye.

🔴🇫🇷FLASH – Emmanuel #Macron vient de se faire gifler par un homme dans la Drôme. (📹NC) pic.twitter.com/GkotmoLb6n

— Brèves de presse (@Brevesdepresse) June 8, 2021

TAGGED:Emmanuel MacronfeaturedUrushyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Batwa 6000 Ba Uganda, Umwe Niwe Waminuje
Next Article Kagame Yashimye Ubufatanye Mastercard Foundation Igiye Gushoramo Miliyari $1.3
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

IBUKA Ivuga Ko Muri Huye Hamaze Kuboneka Imibiri 301 Mu Mezi Ane

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Kenya: Abantu 12 Baguye Mu Mpanuka Y’Indege

Menya Itegeko Ryavuguruwe Ry’Umutungo Bwite Mu By’Ubwenge Rikurikizwa Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Ibyinshi Mu Byaranze Amateka Y’u Rwanda Bibitswe N’Abarukolonije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?