Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Macron yanduye COVID-19, P.M Castex na Madamu Macron mu kato
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Macron yanduye COVID-19, P.M Castex na Madamu Macron mu kato

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2020 12:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Perezida Emmanuel Macron yanduye icyorezo cya COVID-19.

Ibiro bye,  Champs Elysée, byatangaje ko Perezida Emmuel Macron yapimwe kiriya cyorezo nyuma y’uko agaragaje bimwe mu bimenyetso byacyo.

Emmaneul Macron yahise yishyira mu kato, iwe akaba ari ho ari gukorera imirimo yo kuyobora igihugu.

Kariya kato yihaye akazakamaramo iminsi irindwi.

Perezida Emmanuel Macron afite imyaka 43 y’amavuko, umugore we witwa Brigitte Marie-Claude Macron afite imyaka 67 y’amavuko.

Abandi bayobozi b’ibihugu bikomeye banduye COVID-19 bakayikira ni Donald Trump wahoze ayobora USA, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Borris Johnson, Perezida wa Brazil Jair Bolsonaro n’abandi.

Ikinyamakuru Politico kivuga ko kwandura kwa Macron  bitumye asubika urugendo yari afite muri Liban hagati ya taliki 22 na 23, Ukuboza, 2020.

Ejo hashize , taliki 16, Ukuboza, 2020 yari yabonanye na Minisitiri w’Intebe wa Portugal witwa Antonio Costa.

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yamwifurije kurwara ubukira.

Minisitiri w’intebe Jean Castex yagiye mu kato
Umugore wa Macron yashyizwe mu kato

 

TAGGED:COVID-19featuredMacron
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Itangazo ku bya YouTube ry’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura ryateje sakwe sakwe!
Next Article Umwarimu wa Politiki azi impamvu hari Abanyamerika batsimbaraye kuri Rusesabagina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?