Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Macron Yasuye Urwibutso Rwa Jenoside Rwa Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Macron Yasuye Urwibutso Rwa Jenoside Rwa Kigali

admin
Last updated: 27 May 2021 10:44 am
admin
Share
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, aho yasobanuriwe uko yateguwe, yashyizwe mu bikorwa n’ingaruka zayo.

Macron yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, yakirwa ku kibuga cy’indege na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta. Yahise abanza kwakirwa na Perezida Paul Kagame muri Village Urugwiro.

Macron yahise akomereza ku Gisozi. Serivisi zisanzwe zo kwakira abasura uru rwibutso zahagaritswe mbere ya saa sita, kubera uruzinduko rw’uyu muyobozi.

Yazengurukijwe ibice bigize uru rwibutso anasobanurirwa amateka ya jenoside guhera igihe ingengabitekerezo yayo yatangiriye gukwirakwizwa ndetse ikigishwa, uko yashyizwe mu bikorwa n’ibijyanye no guhangana n’ingaruka zayo.

Biteganyijwe ko Macron aza kuvuga ijambo rigaruka ku bazize Jenoside, abayirokotse n’uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yagejeje kuri aya mahano.

Hitezwe ko aza gusaba imbabazi ku bikorwa igihugu cye cyagizemo uruhare.

Perezida Macron agera ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Macron yari kumwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene
Macron asobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

TAGGED:featuredJenosideMacron
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Mali Na Minisitiri W’Intebe Beguye, Bararekurwa
Next Article Perezida Macron Yemeye Uruhare Rw’u Bufaransa Muri Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?