Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Mnangagwa Yirukanye Minisitiri Wari Inkoramutima Ye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Mnangagwa Yirukanye Minisitiri Wari Inkoramutima Ye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2022 3:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru wa Zimbazwe Emmerson Mnangagwa yirukanye Minisitiri w’umutekano mu gihugu wari usanzwe ayobora n’Ishami rishinzwe ubutasi mu gihugu ryitwa Central Intelligence Organization amuzira imyitwarire igaragaza kutiyubaha.

Abaye Minisitiri wa gatanu Perezida Emmerson Mnangangwa yirukanye mu myaka itanu amaze ku butegetsi.

Bivuze ko buri mwaka yirukana Minisitiri.

Iby’uko Minisitiri Owen Ncube yirukanywe azizwa kwitwara nabi, bitangazwa n’abo mu Biro bya Perezida Mnangagwa ariko hari amakuru avuga ko  Minisitiri Ncube yari amaze igihe anenga ibibera mu ishyaka riri ku butegetsi ZANU PF.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubu bwumvikane bucye buvutse nyuma y’amatora y’ubuyobozi muri ZANU PF aherutse kuba.

Niyo matora ya mbere yabaye muri ZANU PF kuva uwahoze ayobora Zimbabwe witwa Robert Mugabe yakurwa ku butegetsi mu mwaka wa 2017 agasimburwa na Mnangagwa wari usanzwe ari Visi Perezida we.

Bivugwa ko Ncube yari asanzwe atarebwa neza  na Washington ndetse na London kubera ko abakozi b’ibiro bye bavugwaho gukorera iyicarubozo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’i Harare.

TAGGED:featuredMinisitiriMnangagwaUmutekanoZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Y’i Burayi Irashaka Umuzamu Wa Rayon Sports Abouba Bashunga
Next Article Abaturage 52 ‘Bajyanywe Mu Bitaro’ Nyuma Yo Kunywa Ikigage Mu Bukwe Bwa Gitifu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?