Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Ndayishimiye Yashyize Mu Kiruhuko Ba Jenerali 5 Na Ba Colonel 29
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye Yashyize Mu Kiruhuko Ba Jenerali 5 Na Ba Colonel 29

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2022 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasinye iteka rishyira mu kiruhuko cy’izabukuru ba Ofisiye bakuru 36 bo mu Ngabo z’u Burundi, barimo batanu bo ku rwego rwa General na ba Colonel 29. Muri abo bandi harimo ba Major babiri.

Ku rutonde rw’aba basirikare hagaragaraho Lieutenant-General Ndayishimiye Joseph wabaye Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo z’u Burundi.

Harimo kandi General Major Gateretse Maurice, umwe mu basirikare bakomeye b’u Burundi. Mu mwaka wa 2018 wabaye Umuyobozi wungirije w’Ingabo zari mu butumwa bw’Ubumwe bwa Afurika bwo kugarura amahoro muri Somalia, AMISOM, ashinzwe ibijyanye n’ibikoresho.

Gen Gateretse

Harimo kandi Brigadier General Nzisabira Obed, Brigadier General Kamoso Deogratias na Brigadier General Nahimana Salvator.

Bose uko bari ku rwego rwa Jeneral barengeje imyaka 60 kuko bavutse mu 1960.

Aba basirikare nyuma yo gusezererwa bahise bashyirwa mu rwego rw’Inkeragutabara nk’uko biteganywa n’itegeko rigenga Ingabo z’u Burundi.

TAGGED:IkiruhukoJeneraliNdayishimiyePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Mozambique N’Umugore We Banduye COVID
Next Article FERWABA Yifurije Iruhuko Ridashira Umutoza Wa Patriots BBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?