Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Ndayishimiye Yashyize Mu Kiruhuko Ba Jenerali 5 Na Ba Colonel 29
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye Yashyize Mu Kiruhuko Ba Jenerali 5 Na Ba Colonel 29

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2022 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasinye iteka rishyira mu kiruhuko cy’izabukuru ba Ofisiye bakuru 36 bo mu Ngabo z’u Burundi, barimo batanu bo ku rwego rwa General na ba Colonel 29. Muri abo bandi harimo ba Major babiri.

Ku rutonde rw’aba basirikare hagaragaraho Lieutenant-General Ndayishimiye Joseph wabaye Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo z’u Burundi.

Harimo kandi General Major Gateretse Maurice, umwe mu basirikare bakomeye b’u Burundi. Mu mwaka wa 2018 wabaye Umuyobozi wungirije w’Ingabo zari mu butumwa bw’Ubumwe bwa Afurika bwo kugarura amahoro muri Somalia, AMISOM, ashinzwe ibijyanye n’ibikoresho.

Gen Gateretse

Harimo kandi Brigadier General Nzisabira Obed, Brigadier General Kamoso Deogratias na Brigadier General Nahimana Salvator.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bose uko bari ku rwego rwa Jeneral barengeje imyaka 60 kuko bavutse mu 1960.

Aba basirikare nyuma yo gusezererwa bahise bashyirwa mu rwego rw’Inkeragutabara nk’uko biteganywa n’itegeko rigenga Ingabo z’u Burundi.

TAGGED:IkiruhukoJeneraliNdayishimiyePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Mozambique N’Umugore We Banduye COVID
Next Article FERWABA Yifurije Iruhuko Ridashira Umutoza Wa Patriots BBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?