Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Liberia Yananiwe Kurangiza Ijambo Yagezaga Ku Baturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Liberia Yananiwe Kurangiza Ijambo Yagezaga Ku Baturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2024 1:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu buryo butunguranye Perezida Wa Liberia Joseph Boakai yananiwe kurangiza ijambo yagezaga ku baturage be nyuma yo kurahirira inshingano ze.

Ibyegera bye byahise bimuba hafi, bimufasha kuva ku meza yavugiragaho ijambo.

Perezida Boakai afite imyaka 79. Yahagaritse Ijambo rye amaze iminota 30 avuga.

Inshuro ebyiri nizo yamaze avuga ntarangize interuro.

BBC yanditse ko bikekwako yananiwe n’uko ikirere cy’aho yavugiraga Ijambo hari hashyushye cyane kuri 30C.

Ikindi ni uko Boakai’ ari we Perezida Wa Liberia ukuze kurusha abandi bayoboye iki gihugu.

Nyuma y’uko Perezida Boakai atahanywe, Visi Perezida we Jeremiah Koung yahise aza aganiriza abaturage gato, ahita aherekeza Umuyobozi mukuru w’igihugu.

TAGGED:BoakaifeaturedIjamboLiberiaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Myaka 30 Harimo Ibyago No Kugira Igihugu Gishya-Kagame
Next Article Kagame Yabwiye Abibwira Ko Bazatera u Rwanda Bibeshya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?