Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Madagascar Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Madagascar Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 September 2023 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Andry Nirina Rajoelina
Andry Nirina Rajoelina
SHARE

Ubwegure bwa  Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina bwatangajwe nyuma y’uko kandidatire ye yo gukomeza kuyobora iki kirwa kinini kurusha ibindi ku isi yemewe na Kamisiyo y’amatora.

Itegeko Nshinga rya Madagascar rivuga ko Umukuru w’igihugu ushaka kwiyamamariza kongera gutorwa abanza kwegura ku buyobozi mbere yo kwinjira mu matora.

Urukiko rushinzwe kurinda ubusugire bw’Itegeko Nshinga muri Madagascar nirwo rwatangaje ko Andry Rajoelina yarushyikirije ibaruwa yo kwegura ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, iyo baruwa ikaba yakiriwe ku wa Gatandatu tariki ya 9 Nzeri 2023.

Nyuma yo kwegura kwa Repubulika, Itegeko nshinga rivuga ko Madagascar ikomeza kuyoborwa na Perezida wa Sena ariko uyu yanze izo nshingano biba ngombwa ko zifatwa na Minisitiri w’Intebe afatanyije n’abagize Guverinoma.

Urukiko rukuru rwari ruherutse gutangaza urutonde rw’abantu 13 bemewe kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Madagascar, batoranyijwe mu bakandida 28 batanzwe.

Harimo na Andry Rajoelina.

Mu mwaka wa 2009 ubwo Rajoelina yageraga ku butegetsi bwa mbere, muri Madagascar habaye imidugararo yahitanye abantu benshi.

Byabaye nyuma y’uko uyu ahiritse Marc Ravalomanana.

TAGGED:AmatorafeaturedMadagascarPerezidaRajoelina
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Burashaka Guha Akazi Abanyarwanda Babwizemo
Next Article Biden Yambuwe Ijambo Mu Kiganiro N’Abanyamakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?