Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Madagascar Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Madagascar Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 September 2023 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Andry Nirina Rajoelina
Andry Nirina Rajoelina
SHARE

Ubwegure bwa  Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina bwatangajwe nyuma y’uko kandidatire ye yo gukomeza kuyobora iki kirwa kinini kurusha ibindi ku isi yemewe na Kamisiyo y’amatora.

Itegeko Nshinga rya Madagascar rivuga ko Umukuru w’igihugu ushaka kwiyamamariza kongera gutorwa abanza kwegura ku buyobozi mbere yo kwinjira mu matora.

Urukiko rushinzwe kurinda ubusugire bw’Itegeko Nshinga muri Madagascar nirwo rwatangaje ko Andry Rajoelina yarushyikirije ibaruwa yo kwegura ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, iyo baruwa ikaba yakiriwe ku wa Gatandatu tariki ya 9 Nzeri 2023.

Nyuma yo kwegura kwa Repubulika, Itegeko nshinga rivuga ko Madagascar ikomeza kuyoborwa na Perezida wa Sena ariko uyu yanze izo nshingano biba ngombwa ko zifatwa na Minisitiri w’Intebe afatanyije n’abagize Guverinoma.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Urukiko rukuru rwari ruherutse gutangaza urutonde rw’abantu 13 bemewe kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Madagascar, batoranyijwe mu bakandida 28 batanzwe.

Harimo na Andry Rajoelina.

Mu mwaka wa 2009 ubwo Rajoelina yageraga ku butegetsi bwa mbere, muri Madagascar habaye imidugararo yahitanye abantu benshi.

Byabaye nyuma y’uko uyu ahiritse Marc Ravalomanana.

TAGGED:AmatorafeaturedMadagascarPerezidaRajoelina
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Burashaka Guha Akazi Abanyarwanda Babwizemo
Next Article Biden Yambuwe Ijambo Mu Kiganiro N’Abanyamakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?