Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Pologne ‘Yapfukamye’ Ashyira Indabo Ku Rwibutso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Wa Pologne ‘Yapfukamye’ Ashyira Indabo Ku Rwibutso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2024 3:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ubwa mbere Umukuru w’igihugu cyangwa undi mushyitsi uwo ari ari we wese wasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali yarushyizeho indabo apfukamye. Perezida wa Pologne abikora yari ari kumwe n’umugore we Agata Kornhauser-Duda .

Urwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi ruruhukiyemo imibiri 250,000 y’Abatutsi biciwe muri Komini zahoze zigize Umujyi wa Kigali mu mwaka wa 1994.

Mu ijambo yavuze ubwo yari ari kumwe na Perezida Kagame mbere y’uko baha ikiganiro abanyamakuru, Perezida Duda yavuze ko amateka ya Pologne nayo yuzuyemo agahinda katewe n’akaga abanzi bayo bayiteye.

Muri abo banzi harimo Abanazi ba Hitler biciye muri iki gihugu Abayahudi benshi mu Ntambara ya Kabiri y’Isi.

Avuga ko nyuma y’uko iki gihugu kibonye amahoro, ari ngombwa ko kiyabungabunga kandi ngo ibyo ni byo n’u Rwanda rugomba gukora kuko narwo rwaciye mu bihe bitarwohereye.

TAGGED:DudafeaturedPerezidaUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine N’Uburusiya Nibireka Kurwana Natwe Tuzabyungukiramo- Perezida Kagame
Next Article Jeannette Kagame Na Agatha Duda Baganirije Incuke Zirererwa Mu Urugwiro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?