Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida wa Zimbabwe Yatangije Inama Yahuje Abashoramari B’u Rwanda Na Zimbabwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Perezida wa Zimbabwe Yatangije Inama Yahuje Abashoramari B’u Rwanda Na Zimbabwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2022 1:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru wa Zimbabwe yatangije Inama y’abashoramari bo mu Rwanda na Zimbabwe igamije kurebera hamwe  amahirwe ari mu bihugu byombi kugira ngo harebwe uko buri ruhande rwakorana n’urundi, rukarwungukiraho.

Perezida Emmerson Mnangagwa yavuze ko abayitabiriye bagombye kwibanda k’ukongerera agaciro ibikomoka muri Afurika aho kugira ngo bakomeze kubyohereza hanze, ubundi bikagaruka bibahenze.

Inama yahuje bariya bacuruzi izamara iminsi itatu.

Iziga kandi no ku buhahirane  n’ishoramari hagati y’ u Rwanda na Zimbabwe  ikaba iri kubera i Harare mu murwa mukuru w’iki gihugu.

Muri iyi nama kandi ibihugu byombi byashize umukono ku masezerano ajyanye n’ubucuruzi n’ishoramari, amasezerano y’imikoranire n’ubufatanye hagati y’abikorera bo mu bihugu byombi ndetse n’ibigo by’ingufu ku mpande zombi byasinye amasezerano ajyanye n’ishyirwa mu bikorwa by’imishinga yemeranyijweho n’ibihugu byombi.

Mu mwaka wa 2021, indi nama nk’iyi yabereye mu Rwanda.

Icyo nayo yitabiriwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

 

TAGGED:featuredRwandaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article AKUMIRO: RNC Ivuga Ko u Rwanda Rwahaye Ruswa Lt Gen Muhoozi Kainerugaba
Next Article DRC Ishobora Kuza Kuba Umunyamuryango wa EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?