Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’u Burundi Avuga Ko Igihe Kigeze Ngo Igihugu Cye Gitere Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida W’u Burundi Avuga Ko Igihe Kigeze Ngo Igihugu Cye Gitere Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2022 4:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Evariste Ndayishimiye avuga ko igihugu cye cyamaze igihe kinini mu bibazo bya Poltiki byakidindije. Yemera  ko ighe kigeze ngo abagituye bakore batere imbere, bave mu bibatanya.

Ibyo avuga ni ukuri kuko na mbere y’uko ibibazo byabaye mu mwaka wa 2015 bitangira, u Burundi bwari bumaze igihe mu ntambara ishingiye ku bibazo bya Politiki n’amoko.

Ni ibibazo byatumye igihugu kibamo za coup d’états nyinshi zahitanye bamwe mubatorowe kuyobora u Burundi barimo na Merchior Ndadaye.

En effet, le Chef de l’Etat a indiqué que le #Burundi a consacré plusieurs années à la stabilisation politico-sécuritaire et qu’il entame désormais la phase de son développement économique: “Le Peuple burundais aspire à de meilleures conditions de vie et votre appui est précieux” pic.twitter.com/Pk5r86ESQI

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) March 22, 2022

Nyuma y’uko CNDD/FDD igiye ku butegetsi, igihugu kikayoborwa na Pierre Nkurunziza, ntibyatinze nabwo havuga aakaduruvayo katurutse ku bwumvikane bucye mu banyapolitiki batakiriye kimwe iby’ukwiyamamaza no gutsinda amatora yo mu mwaka wa 2015.

Iriya midugararo yarakomeje kugeza ubwo Evariste Ndayishimiye yatorerwaga kuyobora u Burundi.

Muri iki gihe ari kugerageza kugarura ibintu ku murongo kandi mu ngeri nyinshi.

Mu bubanyi n’amahanga yagerageje kongera kubana neza n’abaturanyi be harimo  n’u Rwanda.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 22, Gashyantare, 2022 yabwiye abagize Urwego rw’abikorera ku giti cyabo mu gihugu cye ko igihe kigeze ngo bakorere hamwe bateze u Burundi imbere.

Raporo z’Imiryango mpuzamahanga zikunze gutangaza ko u Burundi buri mu bihugu bya mbere bikeennye ku isi.

TAGGED:AmajyambereAmatoraBurundifeaturedNdayishimiyePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Ari Muri Amerika Mu Nama Na Bagenzi Be
Next Article Kagame Yakiriye Abayobozi B’Ihuriro Mpuzamahanga By’Ibigo By’Imari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

You Might Also Like

Mu mahanga

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?