Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’u Burundi Yikoreye Umusaraba Yigana Yezu Wabambwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida W’u Burundi Yikoreye Umusaraba Yigana Yezu Wabambwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2022 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abaturage be gutangira uwa Gatanu Mutagatifu ubategurira kwibuka urupfu rwa Yezu Kristu, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiya yagaragaye ari mu nzira y’umusaraba atwaye umusaraba ku rutugu.

Hari mu gikorwa cyitabiriwe n’abandi bayobozi batandukanye mu butegetsi bw’u Burundi ndetse no mu rwego rwa Politiki.

Hari kandi n’umugore we Angeline Ndayubaha Ndayishimiye.

Iriya nzira y’umusaraba yabereye mu gace kitwa Musave ahari Kiliziya yitiriwe Mutagatifu François d’Assise w’i Magarama.

Perezida Ndayishimiye yageze imbere undi muntu wari wambaye nk’umuhereza mu Kiliziya aramwakira, aramutwaza.

Ku Cyumweru taliki 17, Mata, 2022 nibwo abo mu madini ya Gikirisitu bazibuka urupfu rw’Umwami Yezu Kristu wishwe amanitswe ku musaraba.

Yageze imbere yakirwa n’umwe mu Bakirisitu
Bari kwizihiza uwa Gatanu Mutagatifu
TAGGED:BurundifeaturedNdayishimiyeUmusarabaYezu Kristu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugabo Wa Rihanna Aravugwaho Kumuca Inyuma Kuko Atwite
Next Article Rubavu: Ubuyobozi Buvuga Ko Ikibazo Cy’Abana Baba Mu Muhanda ‘Gishobora’ Gukemuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?