Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’u Burundi Yikoreye Umusaraba Yigana Yezu Wabambwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida W’u Burundi Yikoreye Umusaraba Yigana Yezu Wabambwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2022 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abaturage be gutangira uwa Gatanu Mutagatifu ubategurira kwibuka urupfu rwa Yezu Kristu, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiya yagaragaye ari mu nzira y’umusaraba atwaye umusaraba ku rutugu.

Hari mu gikorwa cyitabiriwe n’abandi bayobozi batandukanye mu butegetsi bw’u Burundi ndetse no mu rwego rwa Politiki.

Hari kandi n’umugore we Angeline Ndayubaha Ndayishimiye.

Iriya nzira y’umusaraba yabereye mu gace kitwa Musave ahari Kiliziya yitiriwe Mutagatifu François d’Assise w’i Magarama.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida Ndayishimiye yageze imbere undi muntu wari wambaye nk’umuhereza mu Kiliziya aramwakira, aramutwaza.

Ku Cyumweru taliki 17, Mata, 2022 nibwo abo mu madini ya Gikirisitu bazibuka urupfu rw’Umwami Yezu Kristu wishwe amanitswe ku musaraba.

Yageze imbere yakirwa n’umwe mu Bakirisitu
Bari kwizihiza uwa Gatanu Mutagatifu
TAGGED:BurundifeaturedNdayishimiyeUmusarabaYezu Kristu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugabo Wa Rihanna Aravugwaho Kumuca Inyuma Kuko Atwite
Next Article Rubavu: Ubuyobozi Buvuga Ko Ikibazo Cy’Abana Baba Mu Muhanda ‘Gishobora’ Gukemuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?