Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’u Burundi Yikoreye Umusaraba Yigana Yezu Wabambwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida W’u Burundi Yikoreye Umusaraba Yigana Yezu Wabambwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2022 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abaturage be gutangira uwa Gatanu Mutagatifu ubategurira kwibuka urupfu rwa Yezu Kristu, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiya yagaragaye ari mu nzira y’umusaraba atwaye umusaraba ku rutugu.

Hari mu gikorwa cyitabiriwe n’abandi bayobozi batandukanye mu butegetsi bw’u Burundi ndetse no mu rwego rwa Politiki.

Hari kandi n’umugore we Angeline Ndayubaha Ndayishimiye.

Iriya nzira y’umusaraba yabereye mu gace kitwa Musave ahari Kiliziya yitiriwe Mutagatifu François d’Assise w’i Magarama.

Perezida Ndayishimiye yageze imbere undi muntu wari wambaye nk’umuhereza mu Kiliziya aramwakira, aramutwaza.

Ku Cyumweru taliki 17, Mata, 2022 nibwo abo mu madini ya Gikirisitu bazibuka urupfu rw’Umwami Yezu Kristu wishwe amanitswe ku musaraba.

Yageze imbere yakirwa n’umwe mu Bakirisitu
Bari kwizihiza uwa Gatanu Mutagatifu
TAGGED:BurundifeaturedNdayishimiyeUmusarabaYezu Kristu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugabo Wa Rihanna Aravugwaho Kumuca Inyuma Kuko Atwite
Next Article Rubavu: Ubuyobozi Buvuga Ko Ikibazo Cy’Abana Baba Mu Muhanda ‘Gishobora’ Gukemuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?