Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: PM Ngirente Yibukije Abashinjacyaha Uburemere Bw’Indahiro Yabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

PM Ngirente Yibukije Abashinjacyaha Uburemere Bw’Indahiro Yabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2023 9:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yabwiye abashinjacyaha bari bamaze kurahira indahiro yo kuzuzuza inshingano ko iyo ndahiro iremereye, ko bakwiye gukomeza kuzirikana ko guhemukira Repubulika y’u Rwanda ari ukwikwegera.

Ngirente avuga ko inshingano ya mbere y’abashinjacyaha ari ukudahemukira Repubulika y’u Rwanda.

Ikindi kandi ni ukubahiriza itegeko nshinga n’andi mategeko kugira ngo bakore akazi kabo neza.

Uburenganzira bwa muntu nabwo ni ingenzi kugira ngo abaturage bahabwe ubutabera nk’uko amategeko abigena.

Ati: “ Muri izo nshingano zose uko tuzivuze nimwongeraho gukorana umurava imirimo mushinzwe hanyuma no kudakoresha ububasha muhawe mu nyungu zanyu bwite”.

Yababwiye ko gukoresha ububasha bahabwa n’amategeko mu nyungu zabo ari ho haturuka ruswa ijya ivugwa mu bakora mu rwego rw’ubutabera.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abashinjacyaha ko nibubahiriza inama yabagiriye, bizatuma bakora neza akazi k’ubushinjacyaha kandi ku nzego zako zose.

Izo ni urwego rw’igihugu, urwego rwisumbuye n’urwego rw’ibanze.

Abashinjacyaha babwiwe kutazahirahira ngo batatire indahiro yabo

Ikigo gishinzwe kurwanya ruswa n’akarengane Transparency International –Rwanda gikunze gutangaza ko urwego rw’ubutabera ruri mu zikunze kuvugwamo ruswa.

TAGGED:AbashinjacyahaNgirenteRuswaUbutabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Baranduye Ikawa Z’Umuturage Zari Zitangiye Kuraba
Next Article Nta Mujura Uzaducika Mu Gihe Twabimenyeshejwe Kare- CP Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?