Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: PM Ngirente Yibukije Abashinjacyaha Uburemere Bw’Indahiro Yabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

PM Ngirente Yibukije Abashinjacyaha Uburemere Bw’Indahiro Yabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2023 9:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yabwiye abashinjacyaha bari bamaze kurahira indahiro yo kuzuzuza inshingano ko iyo ndahiro iremereye, ko bakwiye gukomeza kuzirikana ko guhemukira Repubulika y’u Rwanda ari ukwikwegera.

Ngirente avuga ko inshingano ya mbere y’abashinjacyaha ari ukudahemukira Repubulika y’u Rwanda.

Ikindi kandi ni ukubahiriza itegeko nshinga n’andi mategeko kugira ngo bakore akazi kabo neza.

Uburenganzira bwa muntu nabwo ni ingenzi kugira ngo abaturage bahabwe ubutabera nk’uko amategeko abigena.

Ati: “ Muri izo nshingano zose uko tuzivuze nimwongeraho gukorana umurava imirimo mushinzwe hanyuma no kudakoresha ububasha muhawe mu nyungu zanyu bwite”.

Yababwiye ko gukoresha ububasha bahabwa n’amategeko mu nyungu zabo ari ho haturuka ruswa ijya ivugwa mu bakora mu rwego rw’ubutabera.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abashinjacyaha ko nibubahiriza inama yabagiriye, bizatuma bakora neza akazi k’ubushinjacyaha kandi ku nzego zako zose.

Izo ni urwego rw’igihugu, urwego rwisumbuye n’urwego rw’ibanze.

Abashinjacyaha babwiwe kutazahirahira ngo batatire indahiro yabo

Ikigo gishinzwe kurwanya ruswa n’akarengane Transparency International –Rwanda gikunze gutangaza ko urwego rw’ubutabera ruri mu zikunze kuvugwamo ruswa.

TAGGED:AbashinjacyahaNgirenteRuswaUbutabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Baranduye Ikawa Z’Umuturage Zari Zitangiye Kuraba
Next Article Nta Mujura Uzaducika Mu Gihe Twabimenyeshejwe Kare- CP Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?