Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Y’u Rwanda Yiyemeje Gukomeza Ubufatanye Na Kaminuza Yo Muri Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Polisi Y’u Rwanda Yiyemeje Gukomeza Ubufatanye Na Kaminuza Yo Muri Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 6:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye yaraye yakiririye  mu Biro bye Visi-Perezida wa Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika witwa Dr. Melody Tankersley.

Imwe mu ngingo zikomeye baganiriye ni iyerekeye  gukomeza ubufatanye busanzwe buri hagati ya Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Kent State.

Biyemeje ko uwo mubano ugomba gukomereza cyane cyane mu myigishirize hagamijwe kongerera abapolisi b’u Rwanda ubumenyi.

Mu ntangiriro za 2023, Polisi y’u Rwanda yasinyanye n’iriya Kaminuza amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’uburezi n’ubushakashatsi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Intego yayo ni ugushimangira ubufatanye bushingiye ku guteza imbere ubumenyi n’umuco binyuze mu guhuriza hamwe no gufashanya mu byerekeranye n’uburezi n’ubushakashatsi.

U Rwanda rufite abapolisi bane biga mu mashami atandukanye muri Kaminuza ya Kent State.

Umwe muri bo ageze mu cyiciro cya PhD mu gihe abandi batatu bari mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza (master’s ).

Abayobozi muri Poliis y’u Rwanda baganira n’abayobozi b’iriya Kaminuza
TAGGED:AmasomoAmerikaKaminuzaNamuhoranyePolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amasasu Yavuye Muri DRC Akomeretsa Umuturage W’i Rubavu
Next Article Macron Arajya Muri Israel Gukomakoma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?