Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Y’u Rwanda Yiyemeje Gukomeza Ubufatanye Na Kaminuza Yo Muri Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Polisi Y’u Rwanda Yiyemeje Gukomeza Ubufatanye Na Kaminuza Yo Muri Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 6:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye yaraye yakiririye  mu Biro bye Visi-Perezida wa Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika witwa Dr. Melody Tankersley.

Imwe mu ngingo zikomeye baganiriye ni iyerekeye  gukomeza ubufatanye busanzwe buri hagati ya Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Kent State.

Biyemeje ko uwo mubano ugomba gukomereza cyane cyane mu myigishirize hagamijwe kongerera abapolisi b’u Rwanda ubumenyi.

Mu ntangiriro za 2023, Polisi y’u Rwanda yasinyanye n’iriya Kaminuza amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’uburezi n’ubushakashatsi.

Intego yayo ni ugushimangira ubufatanye bushingiye ku guteza imbere ubumenyi n’umuco binyuze mu guhuriza hamwe no gufashanya mu byerekeranye n’uburezi n’ubushakashatsi.

U Rwanda rufite abapolisi bane biga mu mashami atandukanye muri Kaminuza ya Kent State.

Umwe muri bo ageze mu cyiciro cya PhD mu gihe abandi batatu bari mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza (master’s ).

Abayobozi muri Poliis y’u Rwanda baganira n’abayobozi b’iriya Kaminuza
TAGGED:AmasomoAmerikaKaminuzaNamuhoranyePolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amasasu Yavuye Muri DRC Akomeretsa Umuturage W’i Rubavu
Next Article Macron Arajya Muri Israel Gukomakoma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?