Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rayon Sports Yakiriye Rwatubyaye WAGARUTSE Kuyikinamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Rayon Sports Yakiriye Rwatubyaye WAGARUTSE Kuyikinamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2022 12:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abdul Rwatubyaye yatangaje ko yagarutse mu Rayon Sports aho yise mu rugo.

Avuga ko ikimuzanye ari uguhatanira ibikombe.

Kuri YouTube ya Rayon Sports yagize ati: “Ngarutse aho nita ko ari mu rugo kandi icyo nshaka kwizeza abafana ba Rayon Sports ni uko ngarutse ngo dufatanye dushyire hamwe kugera ku ntego zacu zo kurwanira ibikombe no gusohokera igihugu.”

Uyu myugariro uri mu bakomeye u Rwanda rufite muri iki gihe, yagarutse muri Rayon Sports nyuma yo gusinya amasezerano yo kuzayikinira mu myaka ibiri.

He's Back!

@ARwatubyaye is here for two seasons.💪#Gikundiro | #OneTeamOneDream pic.twitter.com/yu8YkNzcOD

— Rayon Sports Official (@rayon_sports) August 9, 2022

Ati: “Nabasabaga ngo mudushyigikire, mutube hafi kandi murabizi ko ababaye hamwe Imana iba iri kumwe nabo.”

Yigeze gukinira Rayon Sports hagati ya 2016 na 2019.

Yayifashije no kugera muri ¼ cy’imikino nyafurika ya CAF Confederation Cup mu mwaka w’imikino wa 2018-2019.

Yari aherutse gutangaza ko mu Rwanda ashobora gukinira ikipe iyo ari yo yose.

Asanzwe akinira ikipe yo mu gihugu cya Macédoine.

Rwatubyaye yari amaze iminsi akorana imyitozo n’abakinnyi ba AS Kigali.

TAGGED:RayonRwandaRwatubyaye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Bushinwa Hadutse Virusi Yica ¾ By’Abo Yazahaje
Next Article Amag The Black Avuga Ko Indangagaciro Ze Zitamwemerera Kurwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?