Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF N’Ingabo Z’Amerika Bamaze Kuvura Abantu 5,000 Mu Minsi 10
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbuzima

RDF N’Ingabo Z’Amerika Bamaze Kuvura Abantu 5,000 Mu Minsi 10

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2024 8:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubufatanye bw’ingabo z’u Rwanda n’iza Amerika mu kuvura abarwaye indwara zitandukanye mu Burasirazuba bw’u Rwanda bwatumye mu gihe cy’iminsi 10 havurwa abantu 5,000.

Abavuwe ni abo muri Rwamagana no muri Kayonza.

Umwe mu basirikare bo ku ruhande rw’u Rwanda witwa Lt Col John Bukuru avuga ko muri Rwamagana bahabagiye abantu 92 bikorewe mu bitaro bya Kaminuza bya Rwamagana, ibitaro by’Akarere bya Gahini no ku kigo nderabuzima cya Mwulire.

Bukuru ashima imikoranire yagaragajwe na bagenzi babo bo mu ngabo z’Amerika ndetse n’abo mu nzego z’ibanze kugira ngo abaturage babone buriya buvuzi kandi mu gihe gito.

Abaganga b’abasirikare b’u Rwanda n’aba Amerika bahaye abatuye Kayonza na Rwamagana serivisi z’ubuzima zirimo kubabaga amagufa, inyama zo mu nda, indwara zifata abagore, kuvura amaso, kuvura amazuru, amatwi n’umuhogo, indwara z’abana, iz’amenyo ndetse n’isanamitima.

Bombi bafashije uyu mugabo kongera kugira ubuzima bwiza
Muri serivisi batanze harimo n’iyo kubaga amagufa
Banasuzumye kandi bavuga indwara z’uruhu
TAGGED:AmerikaIngaboKayonzaRwamaganaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Museveni Yakomye Imbere Umuriri Umuhungu We Yari Afite Muri Politiki
Next Article Angola, DRC N’u Rwanda Mu Biganiro Ku Bibazo By’Umutekano Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?