Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2025 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora.

Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibinyabiziga birebwa n’ayo mabwiriza ari ibyo ari byo byose bikoresha mazutu, lisansi n’ibifite moteri zikoresha amashanyarazi n’ibikomoka kuri petelori ngo bigende (hybrid vehicles).

Mu rwego rwo kwirinda ko abantu bazabyiganira aho iryo suzuma rizabera, REMA ivuga ko hari uburyo bwashyizwe ku Irembo buzifashishwa n’abafite ibinyabiziga kugira ngo babwifashishe biyandikisha.

Baziyandikisha bahabwe italiki n’ahantu iryo suzuma rizabera.

U Rwanda ruvuga ko ibinyabiziga biri mu bintu byanduza ikirere cyarwo cyanecyane ibyo mu Mujyi wa Kigali cyangwa indi mijyi iwunganira.

Ubukangurambaga bwo kwita kuri iyi ngingo bwiswe CleanAir Campaign.

REMA ivuga ko abafite ibinyabiziga bakwiye gutangira kubitegura hakiri kare kugira ngo igihe nikigera bazitabire iyi gahunda.

📢 Public Notice:
Vehicle emission testing starts August 25 at all Automobile Inspection Centers. 🚗💨

Ensure your vehicle is ready for emission testing. Let’s keep our air clean and protect our health together. 💚#CleanAir pic.twitter.com/hgJfTatVht

— Rwanda Environment Management Authority (@REMA_Rwanda) August 19, 2025

Hagati aho, Polisi y’u Rwanda isaba abantu kwitabira iryo suzuma kuko izakurikirana ikareba niba abafite ibinyabiziga barabisuzumishije muri ubwo buryo.

TAGGED:AmabwirizafeaturedIbyukaimodokaPolisiREMA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore
Next Article Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?