Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2025 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora.

Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibinyabiziga birebwa n’ayo mabwiriza ari ibyo ari byo byose bikoresha mazutu, lisansi n’ibifite moteri zikoresha amashanyarazi n’ibikomoka kuri petelori ngo bigende (hybrid vehicles).

Mu rwego rwo kwirinda ko abantu bazabyiganira aho iryo suzuma rizabera, REMA ivuga ko hari uburyo bwashyizwe ku Irembo buzifashishwa n’abafite ibinyabiziga kugira ngo babwifashishe biyandikisha.

Baziyandikisha bahabwe italiki n’ahantu iryo suzuma rizabera.

U Rwanda ruvuga ko ibinyabiziga biri mu bintu byanduza ikirere cyarwo cyanecyane ibyo mu Mujyi wa Kigali cyangwa indi mijyi iwunganira.

Ubukangurambaga bwo kwita kuri iyi ngingo bwiswe CleanAir Campaign.

REMA ivuga ko abafite ibinyabiziga bakwiye gutangira kubitegura hakiri kare kugira ngo igihe nikigera bazitabire iyi gahunda.

📢 Public Notice:
Vehicle emission testing starts August 25 at all Automobile Inspection Centers. 🚗💨

Ensure your vehicle is ready for emission testing. Let’s keep our air clean and protect our health together. 💚#CleanAir pic.twitter.com/hgJfTatVht

— Rwanda Environment Management Authority (@REMA_Rwanda) August 19, 2025

Hagati aho, Polisi y’u Rwanda isaba abantu kwitabira iryo suzuma kuko izakurikirana ikareba niba abafite ibinyabiziga barabisuzumishije muri ubwo buryo.

TAGGED:AmabwirizafeaturedIbyukaimodokaPolisiREMA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore
Next Article Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Basaza Babo-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?