Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RIB na Polisi bafatanyije mu kwangiza litiro 3 640 z’ikinyobwa kinjiye mu gihugu bitemewe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

RIB na Polisi bafatanyije mu kwangiza litiro 3 640 z’ikinyobwa kinjiye mu gihugu bitemewe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 6:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatatu bemennye ikinyobwa gisindisha ariko kiri mu bisindisha bikomeye kitwa Ethanol.

Igikorwa cyo kumena kiriya kinyobwa kandi kitabiriwe n’Ikigo k’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije, REMA.

Umuvugizi wa RIB Dr Murangira B. Thierry avuga kiriya kinyobwa cyamenwe mu kimpoteri cya Nduba  cyiri mu Karere ka Gasabo.

Ubutumwa bwa RIB kuri Twitter buvuga ko kiriya kinyabutabire kinjiye mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko.

Dr Murangira yagize ati: “ Kiriya kinyobwa twakimennye mu kimpoteri cya Nduba kandi twabikoze dukurikije amabwiriza yose agenga kurengera ibidukikije. Dusaba Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bibangiriza ubuzima kandi bakarekeraho kubyinjiza mu gihugu mu buryo betemewe n’amategeko y’u Rwanda.”

RIB ivuga ko abakekwaho kwinjiza kiriya kinyabutabire dosiye zabo zakozwe zigashyikirizwa Ubushinjacyaha.

Ethanol ni ikinyabutabire kiganjemo umwuka. Uyu mwuka utuma kiriya kinyabutabire gikoreshwa mu gusukura ahanduye .Ikindi kiranga kiriya kinyabutabire ni uko gishobora kwaka.

Abenga inzoga bagikoresha mu kongera ubukana bw’ikinyobwa gisembuye.

Abanyabutabire bacyita EtOH.

 

Iki kinyobwa bacyangije bakimena mu kimpoteri kiri mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo
TAGGED:EthanolfeaturedGasaboNdubaPolisiREMARIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kurwanya ruswa bisaba ikiguzi cya politiki, kutayirwanya bikoreka abatagira kivurira- Kagame
Next Article Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu ivuga ko Polisi itabangamiye abanyamakuru muri ‘Guma mu rugo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?