Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RIB na Polisi bafatanyije mu kwangiza litiro 3 640 z’ikinyobwa kinjiye mu gihugu bitemewe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

RIB na Polisi bafatanyije mu kwangiza litiro 3 640 z’ikinyobwa kinjiye mu gihugu bitemewe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 6:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatatu bemennye ikinyobwa gisindisha ariko kiri mu bisindisha bikomeye kitwa Ethanol.

Igikorwa cyo kumena kiriya kinyobwa kandi kitabiriwe n’Ikigo k’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije, REMA.

Umuvugizi wa RIB Dr Murangira B. Thierry avuga kiriya kinyobwa cyamenwe mu kimpoteri cya Nduba  cyiri mu Karere ka Gasabo.

Ubutumwa bwa RIB kuri Twitter buvuga ko kiriya kinyabutabire kinjiye mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko.

Dr Murangira yagize ati: “ Kiriya kinyobwa twakimennye mu kimpoteri cya Nduba kandi twabikoze dukurikije amabwiriza yose agenga kurengera ibidukikije. Dusaba Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bibangiriza ubuzima kandi bakarekeraho kubyinjiza mu gihugu mu buryo betemewe n’amategeko y’u Rwanda.”

RIB ivuga ko abakekwaho kwinjiza kiriya kinyabutabire dosiye zabo zakozwe zigashyikirizwa Ubushinjacyaha.

Ethanol ni ikinyabutabire kiganjemo umwuka. Uyu mwuka utuma kiriya kinyabutabire gikoreshwa mu gusukura ahanduye .Ikindi kiranga kiriya kinyabutabire ni uko gishobora kwaka.

Abenga inzoga bagikoresha mu kongera ubukana bw’ikinyobwa gisembuye.

Abanyabutabire bacyita EtOH.

 

Iki kinyobwa bacyangije bakimena mu kimpoteri kiri mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo
TAGGED:EthanolfeaturedGasaboNdubaPolisiREMARIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kurwanya ruswa bisaba ikiguzi cya politiki, kutayirwanya bikoreka abatagira kivurira- Kagame
Next Article Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu ivuga ko Polisi itabangamiye abanyamakuru muri ‘Guma mu rugo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?