Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rihanna Aratwite
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Rihanna Aratwite

admin
Last updated: 31 January 2022 7:32 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umunyamideli ukomeye Rihanna aratwite. Agiye kwibaruka umwana we w’imfura hamwe n’umuraperi A$AP Rocky

Rihanna w’imyaka 33 hamwe n’umukunzi we bafotowe mu mpera z’icyumweru gishize mu mujyi wa New York, aho uyu mukobwa yari yambaye ikoti rirerire ariko inda igaragara.

Muri imwe mu mafoto yabo yagiye ahagaragara, A$AP Rocky aba asoma mu ruhanga rw’ugiye kumubyarira umwana wa mbere.

Ruhanna hamwe ‘umukunzi we / Ifoto ya DIGGZY/Shutterstock

Muri Gicurasi uyu musore yemeje ko Rihanna bakundana, avuga ati “ni urukundo rw’ubuzima bwanjye.”  A$AP Rocky na we afite imyaka 33.

Ikinyamakuru PEOPLE  mu Ugushyingo 2020 nibwo cyatangaje ko cyabonye amakuru ko Rihanna na A$AP Rocky bakundana byimbitse, nyuma y’imyaka myinshi ari inshuti zisanzwe.

Ni inkuru zatangiye gusakara muri  Mutarama 2020 ubwo Rihana yari amaze gutandukana n’umuherwe Hassan Jameel, bari bamaranye imyaka itatu.

Muri Nyakanga Rihanna yaje gufatanya na A$AP Rocky mu kumenyekanisha ibikorwa bye byo gutunganya ubwiza, yise Fenty Skin.

TAGGED:A$AP RockyFenty SkinRihanna
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Next Article Dr Nsabimana Wayoboraga RURA Yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu RwandaPolitiki

Kuri Kagame Afurika Ntikwiye Gukena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?