Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rihanna Aratwite
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Rihanna Aratwite

admin
Last updated: 31 January 2022 7:32 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umunyamideli ukomeye Rihanna aratwite. Agiye kwibaruka umwana we w’imfura hamwe n’umuraperi A$AP Rocky

Rihanna w’imyaka 33 hamwe n’umukunzi we bafotowe mu mpera z’icyumweru gishize mu mujyi wa New York, aho uyu mukobwa yari yambaye ikoti rirerire ariko inda igaragara.

Muri imwe mu mafoto yabo yagiye ahagaragara, A$AP Rocky aba asoma mu ruhanga rw’ugiye kumubyarira umwana wa mbere.

Ruhanna hamwe ‘umukunzi we / Ifoto ya DIGGZY/Shutterstock

Muri Gicurasi uyu musore yemeje ko Rihanna bakundana, avuga ati “ni urukundo rw’ubuzima bwanjye.”  A$AP Rocky na we afite imyaka 33.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikinyamakuru PEOPLE  mu Ugushyingo 2020 nibwo cyatangaje ko cyabonye amakuru ko Rihanna na A$AP Rocky bakundana byimbitse, nyuma y’imyaka myinshi ari inshuti zisanzwe.

Ni inkuru zatangiye gusakara muri  Mutarama 2020 ubwo Rihana yari amaze gutandukana n’umuherwe Hassan Jameel, bari bamaranye imyaka itatu.

Muri Nyakanga Rihanna yaje gufatanya na A$AP Rocky mu kumenyekanisha ibikorwa bye byo gutunganya ubwiza, yise Fenty Skin.

TAGGED:A$AP RockyFenty SkinRihanna
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Next Article Dr Nsabimana Wayoboraga RURA Yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?