Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubirizi: Imodoka Igemura Amata Yakoze Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubirizi: Imodoka Igemura Amata Yakoze Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2022 8:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imodoka yari ivuye kugemura amata mu bice bituranye n’ahitwa Radar  muri Rubirizi ya Kicukiro yabuze feri iri kumanuka kuri AVEGA hafi ya kaburimbo igana Kabeza, uwari uyitwaye ayigongesha umugunguzi, iribirindura igusha urubavu.

Umuturage witwa Salim wabibonye yabwiye Taarifa ko nta muntu iyo mpanuka yahise ihitana, ariko ngo umusheri we yababaye cyane kubera ko yakubise umutwe ku kirahure cy’imbere.

Amahirwe ngo ni uko abana bategera hafi aho  imodoka zibajyana ku ishuri bari bamaze kugenda.

Ikindi ni uko shoferi yari ari kumwe n’abantu  babiri imbere, ariko uwabibonye yatubwiye ko nta kibazo bagize.

Polisi yahise ihagera ishyira ibintu ku murongo.

Kubera ko hari amata yari akiri mu cyuma abikwamo, amwe yabogotse.

Ntibavuga ko amata ameneka bavuga ko amata abogoka.

Nk’uko twabibwiwe n’uwabonye iriya mpanuka iba, ngo birashoboka ko yaba yatewe n’uko iriya modoka yabuze feri.

Imbangukiragutabara yahise ihagera ijyana uwakomeretse kwa muganga.

Mbere yabanje guhabwa ubutabazi bw’ibanze.

Amata yabogotse
TAGGED:AmatafeaturedIkamyoImpanukaKicukiroRubirizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Bibye Mu Kigo Cya TVET Nemba
Next Article Israel Ishinjwa Guha Ukraine Amakuru Y’Ubutasi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?