Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RURA Yazamuye Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

RURA Yazamuye Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2025 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ibikoresho bitanga lisansi na mazutu. Ifoto@istockphotos
SHARE

Itangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647.

Litiro ya Lisansi yari amaze amezi atatu igura Frw 1574 naho iya mazutu yaguraga Frw 1576.

Leta y’u Rwanda ivuga mu gushyiraho igiciro cy’ibikomoka kuri Petelori isuzuma ibintu byinshi kandi igashyiramo icyo bita ‘nkunganire’ kugira ngo igiciro kidatumbagira.

Nta bisobanuro byateye iryo zamurwa ry’ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biratangazwa.

Gusa bikunze kuvugwa ko ahanini biterwa n’uko ibikomoka kuri petelori biba bigura ku isoko mpuzamahanga hakiyongeraho n’ibibazo by’ubukungu na politiki biri hirya no hino ku isi.

Muri iki gihe kandi isi ifite ubwoba ko intambara y’ubukungu iri hagati ya Amerika n’Ubushinwa izatuma ubuzima burushaho guhenda.

Intambara y’ubukungu hagati y’ibi bihugu bikize kurusha ibindi ku isi igira ingaruka ku bukungu bw’ibindi bihugu bisigaye.

Ikigo mpuzamahanga gikurikirana ibya Lisansi na Mazutu kitwa Energy Information Administration kivuga ko igiciro cy’ibikomoka kuri petelori cyagabanutseho 0.44%, ibi bikaba byaratangiranye n’umwaka wa 2025.

Iki kigo kandi kivuga ko ako kagunguru kazagura byibura  $74  mu mezi menshi agize umwaka wa 2025 naho mu mwaka wa 2026 kakazagura byibura $66.

TAGGED:featuredIgiciroLisansiMazutuRURARwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Patrick Ukina Mu Urunana Ashaka Kuzamamara Ku Rwego Mpuzamahanga
Next Article Buri Karere Kagiye Kubakwamo TVET Y’Icyitegererezo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?