Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RURA Yazamuye Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

RURA Yazamuye Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2025 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ibikoresho bitanga lisansi na mazutu. Ifoto@istockphotos
SHARE

Itangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647.

Litiro ya Lisansi yari amaze amezi atatu igura Frw 1574 naho iya mazutu yaguraga Frw 1576.

Leta y’u Rwanda ivuga mu gushyiraho igiciro cy’ibikomoka kuri Petelori isuzuma ibintu byinshi kandi igashyiramo icyo bita ‘nkunganire’ kugira ngo igiciro kidatumbagira.

Nta bisobanuro byateye iryo zamurwa ry’ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biratangazwa.

Gusa bikunze kuvugwa ko ahanini biterwa n’uko ibikomoka kuri petelori biba bigura ku isoko mpuzamahanga hakiyongeraho n’ibibazo by’ubukungu na politiki biri hirya no hino ku isi.

Muri iki gihe kandi isi ifite ubwoba ko intambara y’ubukungu iri hagati ya Amerika n’Ubushinwa izatuma ubuzima burushaho guhenda.

Intambara y’ubukungu hagati y’ibi bihugu bikize kurusha ibindi ku isi igira ingaruka ku bukungu bw’ibindi bihugu bisigaye.

Ikigo mpuzamahanga gikurikirana ibya Lisansi na Mazutu kitwa Energy Information Administration kivuga ko igiciro cy’ibikomoka kuri petelori cyagabanutseho 0.44%, ibi bikaba byaratangiranye n’umwaka wa 2025.

Iki kigo kandi kivuga ko ako kagunguru kazagura byibura  $74  mu mezi menshi agize umwaka wa 2025 naho mu mwaka wa 2026 kakazagura byibura $66.

TAGGED:featuredIgiciroLisansiMazutuRURARwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Patrick Ukina Mu Urunana Ashaka Kuzamamara Ku Rwego Mpuzamahanga
Next Article Buri Karere Kagiye Kubakwamo TVET Y’Icyitegererezo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?