Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Yatwitse Ishyamba Rya Leta
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbidukikijeMu Rwanda

Rusizi: Yatwitse Ishyamba Rya Leta

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 September 2024 1:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iri shyamba ryatwitswe n'umuturage arahunga( Ifoto@ Imvaho Nshya)
SHARE

Mu Kagari ka Gatereri, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi hari umugabo ushakishwa  akekwaho gutwika hegitari ebyiri z’ishyamba rya Leta ngo aratwika ibiyorero.

Ishyamba ryahiye ni irihuriweho n’Umurenge wa Butare n’uwa Gikundamvura igice cya Gikundamvra mu Kagari ka Mpinga.

Iri shyamba rikora ku Murenge wa Butare n’uwa Gikundamvura muri Rusizi

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gikundamvura Baziki Yussuf yabwiye Imvaho Nshya ko uwo mugabo yatwitse iryo shyamba avuga ko ari gutwika  ibiyorero mu murima we wegeranye naryo.

Nyuma yo kuritwika yahise atoroka nk’uko abaturage babivuga.

Yussuf Baziki ati: “Ku bufatanye bw’ubuyobozi, abaturage n’inzego z’umutekano twagerageje kurizimya ku bw’amahirwe riza kuzima nubwo byatinze, uwo mugabo tukaba tukimushakisha”.

Ubuyobozi bw’ibanze bwasabye abaturage kuzibukira ibyo gutwikira ibintu igasozi kuko hari ubwo biba intandaro yo gushumika amashyamba kandi ngo byangiza ibidukikije bikaba byanashyira abantu mu kaga.

Yibukije ko iyo ishyamba rihiye hangirika byinshi bigize urusobe rw’ibinyabuzima, uhereye ku bimera no ku bihumeka biribarizwamo.

Yashimangiye ko uzajya abifatirwamo azajya abihanirwa by’intangarugero.

Yakomoje no ku batema amashyamba ateze neza bashaka kuyatwikamo amakara cyangwa gutwika amatafari ko nabo bakwiye kubireka cyangwa bakabihanirwa.

Gusarura amashyamba adakuze neza nabyo ntibyemewe nk’uko Gitifu abivuga.

TAGGED:GitifuIshyambaRusiziUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa Hamas Muri Lebanon Nawe Yishwe
Next Article Kamonyi: Abakoraga Ubujura Barashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?