Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruto, Mo Ibrahim , Scotland…Bamwe Mu Bayobozi Kagame Yaganiririye Nabo Mu Misiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruto, Mo Ibrahim , Scotland…Bamwe Mu Bayobozi Kagame Yaganiririye Nabo Mu Misiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2022 6:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame ari mu Misiri ahari kubera Inama mpuzamahanga yateguwe na UN yiswe COP 27 yiga ku ngamba zo kurinda ibidukikije.

Yahahuriye n’abandi bayobozi bakuru barimo Umunyamabanga mukuru wa Commonwealth, Madamu Patricia Scotland na Mo Ibrahim washinze ikigo nyafurika giharanira imiyoborere myiza yise Mo Ibrahim Foundation.

Scotland yagejeje kuri Perezida Kagame aho imyanzuro yafatiwe muri CHOGM iherutse kubera mu Rwanda igeze ishyirwa mu bikorwa.

Perezida Kagame niwe muyobozi mukuru wa Commonwealth nk’uko yabiherewe ububasha muri CHOGM iherutse kubera i Kigali.

Mu biganiro bya Perezida Kagame na Mo Ibrahim, bibanze ku bibazo biri muri Afurika muri iki gihe no ku isi muri rusange babyunguranaho ibitekerezo.

Undi muyobozi mukuru wahuye na Perezida w’u Rwanda ni William Ruto uherutse gutorerwa kuyobora Kenya.

Kagame na Ruto baganiriye uko umubano hagati ya Kigali na Nairobi wakomeza gutera imbere.

Abakuru b’ibihugu byombi baherukaga guhura ubwo Perezida Kagame yajyaga mu muhango w’irahira rya Ruto nyuma yo gutsinda Raila Odinga bari bahanganye mu matora y’Umukuru w’igihugu aherutse kubera muri Kenya.

Yaganiriye na William Ruto uko umubano hagati y’u Rwanda na Kenya warushaho gutera imbere
Scotland yamugejejeho aho ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe muri CHOGM iherutse kubera mu Rwanda rigeze
TAGGED:featuredIbidukikijeIbrahimInamaKagameMisiriRutoScotland
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingoro Ya Mbere Abahindu Basengeramo Yuzuye Mu Rwanda
Next Article Centrafrique Irashaka Ubufatanye Mu Bya Gisirikare Na Bahrain
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA

Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?