Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rutsiro FC Iya Mbere Mu Itsinda Ihuriyemo Na Rayon Sports, Gasogi FC Ni Iya Nyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Rutsiro FC Iya Mbere Mu Itsinda Ihuriyemo Na Rayon Sports, Gasogi FC Ni Iya Nyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2021 10:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urutonde rwerekana uko Shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ihagaze muri iki gihe yerekana ko Ikipe ya Rutsiro FC ari yo iyoboye Itsinda B. Iri tsinda ririmo amakipe yari asanzwe aza ku mwanya wa mbere ari yo Kiyovu Sports, Rayon Sports na Gasogi FC.

Kuba Rutsiro FC ari bwo igitangira gukina muri Shampiyona y’u Rwanda igahita itangira kuyoboza itsinda hari ababifata nk’impinduramatwara mu mupira w’amaguru wa nyuma y’uko COVID-19 yadutse.

Ku rundi ruhande ariko hari abavuga ko ariya ari amavamuhira kuko Shampiyona igitangira, bityo ibintu bikaba bitarasonuka neza.

Andi makipe ayoboye amatsinda ni APR FC iyoboye itsinda A ihuriyemo na Gorilla FC,  Bugesera FC na AS Muhanga.

Itsinda rya C riyobowe na AS Kigali irihuriyemo na Police FC, Musanze FC na Etincelles

Itsinda rya D riyobowe na Espoir FC ikarihuriramo na Marine FC, Sunrise FC na Mukura VS et Loisir.

TAGGED:featuredMuhangaRayonRursiroRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Uko Wakumira Abajura Bo Mu Ijoro
Next Article Komite Olimpiki Y’U Rwanda Ifite Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?