Rwamagana: Abantu Baguye Mu Kirombe

Staff Write
1 Min Read

Mu Murenge wa Kigabiro habereye impanuka y’abantu batandatu baguye mu kirombe ariko batatu bakurwamo ari bazima mu gihe hari abandi batatu bahezemo.

Amakuru kugeza ubu avuga ko abo batatu basigayemo bapfuye, mu gihe abahakuwe ari bazima bajyanywe mu bitaro bya Rwamagana kwitabwaho.

Ikirombe aba bantu baguyemo gisanzwe gicukurwa n’ikigo (kompanyi) St Simon Metal gicukura amabuye y’agaciro mu Murenge wa Kigabiro muri

Batatu baguye muri icyo cyobo ni abagabo babiri n’umugore umwe.

 

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *