Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 October 2025 3:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iki gishanga kizakora kuri hegitari 70
SHARE

Ambasade y’Ubuyapani mu Rwanda yamurikiye ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana ibikorwa byo gutunganya igishanga rya Cyaruhogo kiri kuri hegitari 70.

Ibyo bikorwa bizafasha abahinzi 567 kuhira imyaka yiganjemo umuceri yatewe muri icyo gishanga.

Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Kagabo Richards Rwamunono niwe wari uhagarariye ubuyobozi bwa Rwamagana ubwo iki gishanga cyatahwaga.

Amb Fukushima ataha iki gishanga.

Cyaruhogo ni igishanga gituranya n’ikindi kitwa Rudashya na Nyagakombe.

Uretse ubuhinzi bw’umuceri bwiganje mu bihakorerwa, iki gishanga gifite n’ibyuzi byororerwamo amafi

Ambasaderi w’Ubuyapani mu Rwanda Isao Fukushima niwe wagiye kukimurikira ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana.

TAGGED:IgishangaRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya Yashyizeho Icyunamo Cy’Iminsi Irindwi Bunamira Odinga
Next Article Kabila Yashinze Ishyaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?