Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda FDA Yakuye Ku Isoko Ubuki Yatahuye Ko Bwongerwamo Isukari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda FDA Yakuye Ku Isoko Ubuki Yatahuye Ko Bwongerwamo Isukari

admin
Last updated: 15 March 2021 11:35 am
admin
Share
SHARE

Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda cyategetse ko ubuki buri ku isoko bufite ibirango bya Honey Hive bukurwaho, nyuma yo gusanga butujuje ubuziranenge ndetse bwongerwamo isukari.

Rwanda FDA yabitangaje nyuma y’igenzura yakoze biturutse ku busabe bw’abaturage, bagaragaje ko ubuki bufite ibirango bwa Honey Hive butari umwimerere.

Mu itangazo yasohoye, Umuyobozi Mukuru wa Rwanda FDA Dr Charles Karangwa yavuze ko icyo cyemezo cyafashwe hashingiwe “ku bipimo bya laboratwari byakozwe ku buziranenge bwa Honey Hive, byerekanye ko haba hongewemo ibindi bintu, kimwe n’ababutunganya bemeye ko hongerwamo isukari.”

Nyamara kuri ubwo buki bwanditseho ko buva mu Ishyamba rya Nyungwe, uretse kuba ababutunganya bazi neza ko butujije ubuziranenge, bandikaho ko ari umwimerere 100%, ko bushobora gukoreshwa n’abantu barwaye diabete kandi izirana n’amasukari, ndetse ko ari bwiza ku bagore batwite n’abarwaye igifu.

Dr Karangwa yakomeje iti “Ikigo Gishinzwe Imiti n’Ibiribwa gisabye abakwirakwiza bose, amaguriro n’abacuruzi guhagarika gukwirakwiza no gucuruza Honey Hive no gusubiza ibicuruzwa bari bafite ku wabibahaye bitarenze iminsi 10 y’akazi.”

“Abatunganya Honey Hive basabwe kwakira ingano yose bazagarurirwa n’abakiliya ndetse bagashyikiriza Rwanda FDA raporo igaragaza neza amazina y’uwabizanye na nimero abonekaho n’ingano yagaruye.”

Yasabye abaturage bose guhagarika kugura ubuki bwa Honey Hive bwakuwe ku isoko.

Iki kigo cyasabye abatunganya ubuki bose ko bagomba kumenyekanisha aho bakorera n’ibyo bakora muri Rwanda FDA. Dr Karangwa yavuze ko gucuruza ubuki bufunze bwongerewemo ibindi bintu bibujijwe, ndetse ko uzafatwa azabihanirwa.

Ubu buki bwavanywe ku isoko
TAGGED:featuredRwanda FDA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaharanira Kuba Miss Rwanda Basuye Uruganda Rutunganya Indabo
Next Article Motsepe Uherutse Gutsindira Kuyobora CAF Ni Muntu Ki?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?