Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwandair Mu Bufatanye Na Turkish Airlines
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwandair Mu Bufatanye Na Turkish Airlines

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2023 1:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ikigo nyarwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere RwandAir bwasinyanye amasezerano n’ubw’ikigo nk’iki cy’Abanyaturikiya kitwa Turkish Airlines.

Ni ubufatanye buzaha abakiliya b’ibi bigo uburyo bwo gutembera aho bashaka kandi ku biciro byemeranyijwe n’ibigo byombi.

Rwandair yari imaze igihe isinyanye amasezerano na Qatar Airways

Iki kigo kandi ni ikigo kimaze kuba ubukombe mu bindi bigo bitwara abantu n’ibintu mu kirere bikorera ku mugabane w’Afurika.

Mu Ugushyingo, 2022 Rwandair yaguze indege nini itwara imizigo yitwa 787-800 Boeing Converted Freighter (BCF), ikaba yaraje kwagura ubwikorezi n’ubucuruzi bwo mu kirere.

Hari gahunda y’uko Rwandair izashyirwa mu kigo mpuzamahanga cy’ibigo bitwara abagenzi mu kirere kitwa The Oneworld Alliance.

Kugeza ubu Rwandair ikorera ingendo mu bihugu 28 by’Afurika, u Burayi na Aziya.

TAGGED:featuredIndegeRwandAirubwikorezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa
Next Article DRC Irashinja Uganda Na Sudani Y’Epfo Kuyiba Amabuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?