Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwandair Mu Bufatanye Na Turkish Airlines
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwandair Mu Bufatanye Na Turkish Airlines

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2023 1:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ikigo nyarwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere RwandAir bwasinyanye amasezerano n’ubw’ikigo nk’iki cy’Abanyaturikiya kitwa Turkish Airlines.

Ni ubufatanye buzaha abakiliya b’ibi bigo uburyo bwo gutembera aho bashaka kandi ku biciro byemeranyijwe n’ibigo byombi.

Rwandair yari imaze igihe isinyanye amasezerano na Qatar Airways

Iki kigo kandi ni ikigo kimaze kuba ubukombe mu bindi bigo bitwara abantu n’ibintu mu kirere bikorera ku mugabane w’Afurika.

Mu Ugushyingo, 2022 Rwandair yaguze indege nini itwara imizigo yitwa 787-800 Boeing Converted Freighter (BCF), ikaba yaraje kwagura ubwikorezi n’ubucuruzi bwo mu kirere.

Hari gahunda y’uko Rwandair izashyirwa mu kigo mpuzamahanga cy’ibigo bitwara abagenzi mu kirere kitwa The Oneworld Alliance.

Kugeza ubu Rwandair ikorera ingendo mu bihugu 28 by’Afurika, u Burayi na Aziya.

TAGGED:featuredIndegeRwandAirubwikorezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa
Next Article DRC Irashinja Uganda Na Sudani Y’Epfo Kuyiba Amabuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Baheze Muri Rigoli Nyuma Yo Gushikuza Umukobwa iPhone

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?