Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Salva Kirr Yavuganye N’Inzego Zihanganye Muri Sudani Ngo Ziyunge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Salva Kirr Yavuganye N’Inzego Zihanganye Muri Sudani Ngo Ziyunge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2023 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr avuga ko aherutse kuvugana n’abajenerali bahanganye muri Sudani bamubwira ko biteguye kwicarana bakaganira, ariko ko hagomba kubanza gushaka aho bazaganirira bemeranyijeho.

Ibihugu bigize ikitwa IGAD byasabye Kirr kuba umuhuza mu ntambara iri kubera mu baturanyi be bo muri Sudani.

Kirr yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri yaganiriye na Gen Burhan na Gen Dagalo bamwemerera ko bazohereza abahagarariye kugira ngo baganire uko intambara yahagarara.

Hagati aho, impande zombi ziri kuganira uko hashyirwaho agahenge k’iminsi irindwi.

Biteganyijwe ko kazatangira kuri uyu wa Kane taliki 04, Gicurasi kuzageza taliki 11, Gicurasi, 2023.

Itangazo rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Sudani y’Epfo rivuga ko italiki y’ibiganiro hagati y’impande zihanganye itaratangazwa kuko hari ibindi bikinozwa.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi rivuga ko niba nta gikozwe ngo iriya ntambara ihagarare, abantu benshi bazayigwamo kandi abagera ku 800,000 bazaba bamaze kuva mu byabo mu gihe gito kiri imbere.

Kugeza ubu abantu 520 bamaze kugwa muri iriya ntambara.

Ibihugu biri gufasha mu guhuza impande zihanganye muri Sudani ni Sudani y’Epfo, Kenya, Misiri na Uganda.

Ubwongereza na Canada nabyo ni ibihugu biri gukora uko bishoboye ngo imirwano ihoshwe.

TAGGED:IntambaraKenyaKirrSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iyo Abazungu Bataza Nta Macakubiri u Rwanda Rwari Kugira-Minisitiri Bizimana
Next Article Rwanda:Abahitanywe N’Imvura Bamaze Kuba 129, Imiryango Yabo Igiye Gushumbushwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?