Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sassou Nguesso Yatorewe Indi Manda Nyuma y’Imyaka 36 Ayobora Congo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Sassou Nguesso Yatorewe Indi Manda Nyuma y’Imyaka 36 Ayobora Congo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2021 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Denis Sassou Nguesso yatorewe gukomeza kuyobora Repubulika ya Congo, nyuma y’imyaka 36 amaze ku butegetsi.

Amajwi y’agateganyo agaragaza ko Nguesso w’imyaka 77 yatowe ku majwi 88.57 ku ijana. Gusa ibyavuye muri ayo matora yabaye ku wa 20 Werurwe byamaganwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Muri aya matora ariko havuzwe cyane urupfu rw’uwari uhanganye na Nguesso mu buryo bukomeye, Guy-Brice Parfait Kolelas, waje kwicwa na COVID-19 mbere y’uko ibyavuye mu matora bitangazwa. Yabonye amajwi 7.84 ku ijana.

Nguesso ayobora Repubulika ya Congo kuva mu 1979. Yaje kuva ku butegetsi mu 1992 abusubiraho mu 1997.

TAGGED:Denis Sassou NguessoGuy-Brice Parfait KolelasRepubulika ya Congo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igenzura Ryerekanye Ko Hari Ubuki Bwinshi Ku Isoko Butujuje Ubuziranenge
Next Article Nkubiri Yashinje Abamujyanye Mu Nkiko Kumwihimuraho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?