Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sassou Nguesso Yatorewe Indi Manda Nyuma y’Imyaka 36 Ayobora Congo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Sassou Nguesso Yatorewe Indi Manda Nyuma y’Imyaka 36 Ayobora Congo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 March 2021 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Denis Sassou Nguesso yatorewe gukomeza kuyobora Repubulika ya Congo, nyuma y’imyaka 36 amaze ku butegetsi.

Amajwi y’agateganyo agaragaza ko Nguesso w’imyaka 77 yatowe ku majwi 88.57 ku ijana. Gusa ibyavuye muri ayo matora yabaye ku wa 20 Werurwe byamaganwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Muri aya matora ariko havuzwe cyane urupfu rw’uwari uhanganye na Nguesso mu buryo bukomeye, Guy-Brice Parfait Kolelas, waje kwicwa na COVID-19 mbere y’uko ibyavuye mu matora bitangazwa. Yabonye amajwi 7.84 ku ijana.

Nguesso ayobora Repubulika ya Congo kuva mu 1979. Yaje kuva ku butegetsi mu 1992 abusubiraho mu 1997.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
TAGGED:Denis Sassou NguessoGuy-Brice Parfait KolelasRepubulika ya Congo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igenzura Ryerekanye Ko Hari Ubuki Bwinshi Ku Isoko Butujuje Ubuziranenge
Next Article Nkubiri Yashinje Abamujyanye Mu Nkiko Kumwihimuraho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?