Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Congo- Brazaville byanditse kuri Twitter ko Perezida Paul Kagame azasura iki gihugu taliki 11, Mata, 2022. Byatangajwe ko azahakorera urugendo rw’amasaha 72...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye irahira rya Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou N’Guesso, ryabereye mu murwa mukuru Brazzaville. Nguesso aheruka gutorerwa gukomeza kuyobora...
Denis Sassou Nguesso yatorewe gukomeza kuyobora Repubulika ya Congo, nyuma y’imyaka 36 amaze ku butegetsi. Amajwi y’agateganyo agaragaza ko Nguesso w’imyaka 77 yatowe ku majwi 88.57...