Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sefu Yavuye Muri AS Kigali FC Ajya Muri Rayon Sports
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Sefu Yavuye Muri AS Kigali FC Ajya Muri Rayon Sports

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 7:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024.

Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka kuko yitegura kuzahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup.

Ifite umugambi wo kugura abakinnyi beza barimo abamaze igihe mu kazi n’abandi bato ariko bashoboye.

Sefu uyu yigeze gukinira Rayon Sports mu gihe cy’imyaka ine ni ukuvuga kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu wa 2019.

Ubu yujuje imyaka 30 y’amavuko,

Imikino myinshi ya Shampiyona y’umwaka ushize(2022/2023) ntiyayikinnye kubera uburwayi.

Hagati aho kandi hari andi makipe makuru yo mu Rwanda yifuzaga gukinisha Sefu.

Muri yo harimo na Police FC.

Ubwo yavaga muri Rayon Sports mu mwaka wa 2019, Niyonzima Olivier Sefu yahise ajya muri APR FC.

Iyi yayivuyemo mu mwaka wa 2021 ahita ajya muri AS Kigali, iyi ikaba yaramuhaye Miliyoni Frw 20.

Hagati aho kandi na Serumogo Ally yagiye muri Rayon  nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’iyi kipe.

Serumogo Ally
TAGGED:APRASIgihuguIkipeKigaliRayonSefuSports
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Rwasa Yirukanywe Mu Ishyaka Yashinze
Next Article Yiyahuye Kubera Ko Umugore We Yanze Kumutekera Inkoko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?