Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sefu Yavuye Muri AS Kigali FC Ajya Muri Rayon Sports
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Sefu Yavuye Muri AS Kigali FC Ajya Muri Rayon Sports

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 7:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024.

Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka kuko yitegura kuzahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup.

Ifite umugambi wo kugura abakinnyi beza barimo abamaze igihe mu kazi n’abandi bato ariko bashoboye.

Sefu uyu yigeze gukinira Rayon Sports mu gihe cy’imyaka ine ni ukuvuga kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu wa 2019.

Ubu yujuje imyaka 30 y’amavuko,

Imikino myinshi ya Shampiyona y’umwaka ushize(2022/2023) ntiyayikinnye kubera uburwayi.

Hagati aho kandi hari andi makipe makuru yo mu Rwanda yifuzaga gukinisha Sefu.

Muri yo harimo na Police FC.

Ubwo yavaga muri Rayon Sports mu mwaka wa 2019, Niyonzima Olivier Sefu yahise ajya muri APR FC.

Iyi yayivuyemo mu mwaka wa 2021 ahita ajya muri AS Kigali, iyi ikaba yaramuhaye Miliyoni Frw 20.

Hagati aho kandi na Serumogo Ally yagiye muri Rayon  nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’iyi kipe.

Serumogo Ally
TAGGED:APRASIgihuguIkipeKigaliRayonSefuSports
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Rwasa Yirukanywe Mu Ishyaka Yashinze
Next Article Yiyahuye Kubera Ko Umugore We Yanze Kumutekera Inkoko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?