Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2022 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwanda Sergeant Major Kabera Robert  mu minsi ishize wavuzweho gusambanya umwana yibyariye nyuma agahungira muri Uganda, hari amakuru avuga ko yatawe muri yombi.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda kitwa ChimpReports cyatangaje ko uyu mugabo yafatiwe mu nkengero za Kampala.

Iki kinyamakuru kivuga ko uriya mugabo yafashwe kandi ko inzego z’umutekano muri Uganda zasatse aho yabaga zihakeka intwaro.

ChimpReports yandika ko abamusatse bakanamufata bamukekaho kwinjiza intwaro muri Uganda mu buryo budakurikije amategeko ariko ngo ntazo bahasanze.

Ngo yafatiwe mu nkengero za Kampala

Bivugwa ko yafashwe n’itsinda ry’abashinzwe umutekano muri kiriya gihugu, akaba yafatiwe ahitwa Masanafu hafi ya Kampala kandi ngo hari inyandiko bitaratazwa ibyarimo basanze kwa Senior Sergeant Robert Kabera.

ChimpReports ivuga ko kuba uriya musirikare yafashwe bishobora kuba intandaro y’uko yazanwa mu Rwanda akagezwa mu butabera.

TAGGED:featuredKaberaRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya ‘Ishobora’ Kuzayoborwa Visi Perezida W’Umugore
Next Article Urukiko Rwanzuye Ko Uwateguraga Irushanwa Rya Miss Rwanda Akomeza Gufungwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?