Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2022 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwanda Sergeant Major Kabera Robert  mu minsi ishize wavuzweho gusambanya umwana yibyariye nyuma agahungira muri Uganda, hari amakuru avuga ko yatawe muri yombi.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda kitwa ChimpReports cyatangaje ko uyu mugabo yafatiwe mu nkengero za Kampala.

Iki kinyamakuru kivuga ko uriya mugabo yafashwe kandi ko inzego z’umutekano muri Uganda zasatse aho yabaga zihakeka intwaro.

ChimpReports yandika ko abamusatse bakanamufata bamukekaho kwinjiza intwaro muri Uganda mu buryo budakurikije amategeko ariko ngo ntazo bahasanze.

Ngo yafatiwe mu nkengero za Kampala

Bivugwa ko yafashwe n’itsinda ry’abashinzwe umutekano muri kiriya gihugu, akaba yafatiwe ahitwa Masanafu hafi ya Kampala kandi ngo hari inyandiko bitaratazwa ibyarimo basanze kwa Senior Sergeant Robert Kabera.

ChimpReports ivuga ko kuba uriya musirikare yafashwe bishobora kuba intandaro y’uko yazanwa mu Rwanda akagezwa mu butabera.

TAGGED:featuredKaberaRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya ‘Ishobora’ Kuzayoborwa Visi Perezida W’Umugore
Next Article Urukiko Rwanzuye Ko Uwateguraga Irushanwa Rya Miss Rwanda Akomeza Gufungwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?