Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Sergent Robert Kabera Yafashwe, Bivugwa Ko Hari Inyandiko Yafatanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2022 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwanda Sergeant Major Kabera Robert  mu minsi ishize wavuzweho gusambanya umwana yibyariye nyuma agahungira muri Uganda, hari amakuru avuga ko yatawe muri yombi.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda kitwa ChimpReports cyatangaje ko uyu mugabo yafatiwe mu nkengero za Kampala.

Iki kinyamakuru kivuga ko uriya mugabo yafashwe kandi ko inzego z’umutekano muri Uganda zasatse aho yabaga zihakeka intwaro.

ChimpReports yandika ko abamusatse bakanamufata bamukekaho kwinjiza intwaro muri Uganda mu buryo budakurikije amategeko ariko ngo ntazo bahasanze.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Ngo yafatiwe mu nkengero za Kampala

Bivugwa ko yafashwe n’itsinda ry’abashinzwe umutekano muri kiriya gihugu, akaba yafatiwe ahitwa Masanafu hafi ya Kampala kandi ngo hari inyandiko bitaratazwa ibyarimo basanze kwa Senior Sergeant Robert Kabera.

ChimpReports ivuga ko kuba uriya musirikare yafashwe bishobora kuba intandaro y’uko yazanwa mu Rwanda akagezwa mu butabera.

TAGGED:featuredKaberaRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya ‘Ishobora’ Kuzayoborwa Visi Perezida W’Umugore
Next Article Urukiko Rwanzuye Ko Uwateguraga Irushanwa Rya Miss Rwanda Akomeza Gufungwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?