Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ShaddyBoo Ati: ‘ Nifuza Ko Abana Banjye Bamenya Ko Ubuzima Ari Ukwiyoroshya’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

ShaddyBoo Ati: ‘ Nifuza Ko Abana Banjye Bamenya Ko Ubuzima Ari Ukwiyoroshya’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2022 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Icyamamare Shaddy Boo( amazina ye ni Ingabire Shadia) avuga ko iyo aganira n’abakobwa be babiri, ababwira ko burya icy’ingenzi mu buzima ari ukwicisha bugufi, ko kwikomeza bisenyera nyirabyo.

Uyu mubyeyi ari mu byamamare bikomeye kurusha ibindi mu Rwanda.

Afite abantu benshi bakurikirana ibyo ashyira ku mbuga nkoranyambaga kandi kubera iyi mpamvu, hari ibigo by’ubucuruzi bimukoresha kugira ngo abyamamarize bimuhembe.

Ku rukuta rwe rwa Instagram yanditse ati: “ Sinshaka ko abana banjye bazakura batekereza ko kuba icyamamare, ukaba umukire cyangwa ukiga cyane ari byo by’ingenzi mu buzima. Mbarera mbabwira ko kwicisha bugufi no kumenya kuba uwo uri we mu by’ukuri ntiwikuze  kandi ukagirira abantu ubuntu ari ibyo bumuntu.”

Abana be yabigishije ko kwishyira hejuru bibanziriza kugwa

Icyakora biragoye kwemera ko ubwo burere avuga ko aha abana be  bubinjira koko kubera ko nawe imibereho ye igaragaza ko abaho nk’abakire ku rwego rwo hejuru.

BBC yigeze kwandika ko iki cyamamare hari urukundo cyari gifitanye n’umunyamuziki ukomeye muri Afurika witwa Diamond.

Ubundi yitwa Nasibu Abdul Juma.

Diamond we yavuze ko ‘amufata nka mushiki we.’

Byigeze no kuvugwa ko yaryamanye n’ikindi cyamamare kitwa Davido ubwo uyu muhanzi yazaga mu Rwanda muri Werurwe, 2018.

Ariko ibi yarabihakanye.

TAGGED:AbanafeaturedIcyamamareRwandaShaddy boo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Barebye Aho Iyubakwa Ry’Umuhanda Wa Gari Ya Moshi Mu Muhora Wo Hagati Muri EAC Ugeze
Next Article Ijambo Perezida Kagame Yagejeje Ku Bagize Guverinoma Ya Congo Brazzaville
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?