Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ShaddyBoo Ati: ‘ Nifuza Ko Abana Banjye Bamenya Ko Ubuzima Ari Ukwiyoroshya’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

ShaddyBoo Ati: ‘ Nifuza Ko Abana Banjye Bamenya Ko Ubuzima Ari Ukwiyoroshya’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2022 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Icyamamare Shaddy Boo( amazina ye ni Ingabire Shadia) avuga ko iyo aganira n’abakobwa be babiri, ababwira ko burya icy’ingenzi mu buzima ari ukwicisha bugufi, ko kwikomeza bisenyera nyirabyo.

Uyu mubyeyi ari mu byamamare bikomeye kurusha ibindi mu Rwanda.

Afite abantu benshi bakurikirana ibyo ashyira ku mbuga nkoranyambaga kandi kubera iyi mpamvu, hari ibigo by’ubucuruzi bimukoresha kugira ngo abyamamarize bimuhembe.

Ku rukuta rwe rwa Instagram yanditse ati: “ Sinshaka ko abana banjye bazakura batekereza ko kuba icyamamare, ukaba umukire cyangwa ukiga cyane ari byo by’ingenzi mu buzima. Mbarera mbabwira ko kwicisha bugufi no kumenya kuba uwo uri we mu by’ukuri ntiwikuze  kandi ukagirira abantu ubuntu ari ibyo bumuntu.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Abana be yabigishije ko kwishyira hejuru bibanziriza kugwa

Icyakora biragoye kwemera ko ubwo burere avuga ko aha abana be  bubinjira koko kubera ko nawe imibereho ye igaragaza ko abaho nk’abakire ku rwego rwo hejuru.

BBC yigeze kwandika ko iki cyamamare hari urukundo cyari gifitanye n’umunyamuziki ukomeye muri Afurika witwa Diamond.

Ubundi yitwa Nasibu Abdul Juma.

Diamond we yavuze ko ‘amufata nka mushiki we.’

Byigeze no kuvugwa ko yaryamanye n’ikindi cyamamare kitwa Davido ubwo uyu muhanzi yazaga mu Rwanda muri Werurwe, 2018.

- Advertisement -

Ariko ibi yarabihakanye.

TAGGED:AbanafeaturedIcyamamareRwandaShaddy boo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Barebye Aho Iyubakwa Ry’Umuhanda Wa Gari Ya Moshi Mu Muhora Wo Hagati Muri EAC Ugeze
Next Article Ijambo Perezida Kagame Yagejeje Ku Bagize Guverinoma Ya Congo Brazzaville
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?