Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ShaddyBoo Ati: ‘ Nifuza Ko Abana Banjye Bamenya Ko Ubuzima Ari Ukwiyoroshya’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

ShaddyBoo Ati: ‘ Nifuza Ko Abana Banjye Bamenya Ko Ubuzima Ari Ukwiyoroshya’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2022 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Icyamamare Shaddy Boo( amazina ye ni Ingabire Shadia) avuga ko iyo aganira n’abakobwa be babiri, ababwira ko burya icy’ingenzi mu buzima ari ukwicisha bugufi, ko kwikomeza bisenyera nyirabyo.

Uyu mubyeyi ari mu byamamare bikomeye kurusha ibindi mu Rwanda.

Afite abantu benshi bakurikirana ibyo ashyira ku mbuga nkoranyambaga kandi kubera iyi mpamvu, hari ibigo by’ubucuruzi bimukoresha kugira ngo abyamamarize bimuhembe.

Ku rukuta rwe rwa Instagram yanditse ati: “ Sinshaka ko abana banjye bazakura batekereza ko kuba icyamamare, ukaba umukire cyangwa ukiga cyane ari byo by’ingenzi mu buzima. Mbarera mbabwira ko kwicisha bugufi no kumenya kuba uwo uri we mu by’ukuri ntiwikuze  kandi ukagirira abantu ubuntu ari ibyo bumuntu.”

Abana be yabigishije ko kwishyira hejuru bibanziriza kugwa

Icyakora biragoye kwemera ko ubwo burere avuga ko aha abana be  bubinjira koko kubera ko nawe imibereho ye igaragaza ko abaho nk’abakire ku rwego rwo hejuru.

BBC yigeze kwandika ko iki cyamamare hari urukundo cyari gifitanye n’umunyamuziki ukomeye muri Afurika witwa Diamond.

Ubundi yitwa Nasibu Abdul Juma.

Diamond we yavuze ko ‘amufata nka mushiki we.’

Byigeze no kuvugwa ko yaryamanye n’ikindi cyamamare kitwa Davido ubwo uyu muhanzi yazaga mu Rwanda muri Werurwe, 2018.

Ariko ibi yarabihakanye.

TAGGED:AbanafeaturedIcyamamareRwandaShaddy boo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Barebye Aho Iyubakwa Ry’Umuhanda Wa Gari Ya Moshi Mu Muhora Wo Hagati Muri EAC Ugeze
Next Article Ijambo Perezida Kagame Yagejeje Ku Bagize Guverinoma Ya Congo Brazzaville
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?